• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
06/06/25
Kamonyi-Karama: Polisi yataye muri yombi umusore Ukekwaho kwirara mu nsina z’umuturage akararika
06/06/25
Kamonyi-Rugalika: Ni mwe bagenzacyaha ba mbere, mudufashe gutanga ubutabera-Daniel Nteziryayo/RIB
06/06/25
Itangazo ryo guhinduza amazina ya Murasandonyi Gaudelieve
06/06/25
Kamonyi-College APPEC: Ntabwo wambwira ko ushobora kubaka utubakiye ku mateka-Pacifique Murenzi
06/06/25
Kamonyi-Karama: Polisi yataye muri yombi umusore Ukekwaho kwirara mu nsina z’umuturage akararika
06/06/25
Kamonyi-Rugalika: Ni mwe bagenzacyaha ba mbere, mudufashe gutanga ubutabera-Daniel Nteziryayo/RIB
06/06/25
Itangazo ryo guhinduza amazina ya Murasandonyi Gaudelieve
06/06/25
Kamonyi-College APPEC: Ntabwo wambwira ko ushobora kubaka utubakiye ku mateka-Pacifique Murenzi

Leta ya Uganda yahagaritse amashyirahamwe asaga 200 yafashaga impunzi

Umwanditsi
September 4, 2020

Amashyirahamwe afasha impunzi muri Uganda arinuba, nyuma y’aho Leta ihagarikiye arenga 200 muri yo, bitatu bya kane byayo, bizizwa gukora mu buryo bunyuranije n’amategeko y’iki gihugu ndetse no kutagira impapuro ziyemerera gukora.

Bamwe mu baharanira uburenganzira bwa muntu, bavuga ko iryo hagarikwa ry’ayo mashyirahamwe rizagira ingaruka mbi ku bantu Miliyoni imwe n’ibihumbi magana ane by’impunzi babarirwa muri iki gihugu cya Uganda.

Minisitiri wa Uganda ushinzwe impunzi no kurwanya ibiza, hagati mu kwezi kwa munani, yasohoye urutonde rw’amashyirahamwe 208 avuga ko akora mu buryo bunyuranije n’amategeko mu nkambi zo mu gihugu no mu bindi bice byashyizwemo impunzi.

Iyo baruwa y’uyu Minisitiri, ivuga ko ayo mashyirahamwe atagira impushya zo gukorera mu gihugu, mu gihe ayandi atasinye amasezerano ayemerera gukora. Ijwi rya amerika ritangaza ko amashyirahamwe amwe nka IRC na Action Aid yatangaje ko atari akwiriye gushyirwa kuri urwo rutonde kuko ngo akwije ibisabwa.

Intumwa idasanzwe ya ONU, Victor Ochen ashima iyo ngingo akavuga ko igiye gutuma ibintu bikorwa mu mucyo no kubahiriza amategeko. Avuga kandi ko bizagabanya ukutumvikana kwahoraga kugaragara hagati y’ayo mashyirahamwe.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5810 Posts

Politiki

4061 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

994 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

138 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga