• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
01/09/25
Kamonyi: Gahunda y’Intore mu biruhuko yarinze abana Ubuzererezi, Ihohoterwa…-Visi Meya Uwiringira
01/09/25
Kamonyi: Perezida Kagame ntabwo yahaye Umugore ijambo gusa yanarihaye Abagabo kuko ntaryo twagiraga-Visi Meya Uzziel
01/09/25
Amajyepfo: Polisi yataye muri yombi abantu 1,615 bakekwaho gukora ibyaha bitandukanye
01/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Witegereza ko umuntu akora icyaha, kumira ko kiba utanga amakuru-SP Marie Goretti Uwanyirigira

Imfungwa zapfiriye mu mvururu muri Gereza enye zo muri Equateur zageze kuri 79

Umwanditsi
February 25, 2021

Imibare y’imfungwa zapfiriye mu midugararo/imvururu mu mabohero/gereza 4 yo muri Equateur kuri uyu wa gatatu tariki 24 Gashyantare 2021 yageze kuri 79. Imiryango yabo irimo gusaba ibice by’imibiri y’ababo baciwe ibihimba by’imibiri n’abandi batwitswe.

Ku musi wa kabiri, ubuyobozi bw’amagereza muri Equateur bwavuze ko bwasubiye kugenzura ayo magereza ane yabereyemo imigumuko/imvururu, arimo imfungwa zirenga bibiri bya gatatu by’abafunzwe mu gihugu cyose.

Ubutegetsi bw’amagereza buvuga ko abafungwa 37 bapfiriye muri gereza ebyiri mu burengero/uburengerazuba bw’Umujyi wa Guayaquil, 34 bicirwa mu mujyi wa Cuenca mu majyepfo, abandi umunani bapfira hagati mu gihugu.

Perezida Lenin Moreno, yategetse Minisitiri w’ingabo gukora umukwabu w’abafungwa batunze ibirwanisho, amasasu hamwe n’ibiturika mu magereza y’igihugu. Yavuze ko imidugararo yo ku musi wa kabiri hagati y’abafungwa yakozwe n’abo yise udutsiko/imitwe y’abicanyi.

Mu mwaka ushize nkuko VOA ibitangaza, yashyizeho imisi 90 y’ibihe bidasanzwe kugira ngo aturishe kandi ashyire ku murongo imitwe y’imfungwa zicana hagati yazo.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5853 Posts

Politiki

4104 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1007 Posts

Imyidagaduro

82 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga