• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
17/10/25
Kamonyi-Rugalika: Gitifu Nkurunziza yagarutse ku gaciro no gukomera k’Umugore, abaha umukoro
17/10/25
Kamonyi-Rugalika/Ruramba: Ihaniro(Igikari cy’Umubyeyi) ryashyize Abagore ku murongo
17/10/25
Ibihumbi 50 byamuhesheje amahirwe yo gutsindira hafi Miliyoni imwe muri FORTEBET
17/10/25
Kamonyi-Rugalika: Umugabo uzwi ku izina rya Lizembe yapfuye Umugore yisanga mu maboko atari aye

Wivunika mu kubaka kandi hari Kompanyi ya K.P.A yagufasha muri byose

Umwanditsi
October 1, 2021

Ni Kimisagara Polytechnician Association Company-K.P.A, ikorera mu ntara zitandukanye z’igihugu. Itanga inama z’ubwubatsi kubafite imishinga mito n’iminini, ifasha mu gukora ibishushanyo by’inyubako (plans), igafasha abantu kubona ibyangombwa byo kubaka banyujije imishinga yabo muri bpmis. Abashaka kubaka bafashwa kubaka inzu, zaba inini (amagorofa) n’intoya, bakanafasha kumenya icyo igishushanyo mbonera cyageneye ubutaka ukeneye.

By’umwihariko, mu bijyanye no gutunganya site z’imiturire nko mu karere ka Kamonyi, K.P.A igeze kure mu gutunyanga site eshanu, ikanafasha buri wese kubona ibyangombwa byo kubaka mu gihe gito. Izo site ni; Kabasanza-Gihara, Rubona na Musebeya ho muri Muganza hamwe na Rugogwe ya Kabagesera.

Eng. Abizeyimana Vedaste, umuyobozi wa KPA yatangarije intyoza.com ko ku muntu wese ushaka ubutaka bwo guturamo cyangwa se gukoreraho ibikorwa bitandukanye birimo n’iby’ubucuruzi hirya no hino aho bakorera no muri kamonyi by’umwihariko, ntawe ukwiye kwigora cyangwa se ngo anyure mu nzira atazi kandi iyi kampanyi ihari mu kumufasha muri byose.

Ashishikariza buri wese kwirinda abamamyi n’abandi bashobora kumuyobya bakamurya amafaranga bamubeshya ko bamufasha kubona ibyangombwa byo kubaka kandi nta bushobozi n’ububasha babifitiye. Asaba buri wese ushaka kwinjira mu mushinga kugana K.P.A bakamugira inama kugira ngo hato atazahomba azira kutamenya.

Gana K.P.A bagufashe, wubake inzu ijyanye n’ibyifuzo byawe.

K.P.A ifite ibiro mu mujyi wa Kigali i Nyabugogo muri Blessing House, ikanagira ibindi Kamonyi-Bishyenyi hafi na Sitasiyo ya Esanse uvuye Ruyenzi. Igira uruhare runini mu gutunganya amasite y’imiturire no gufasha buri wese kubona ibyangombwa byo kubaka, kubaka inzu nini n’intoya n’ibindi bisaba ubujyanama mu myubakire n’imiturire inoze.

Ushobora kandi kwifashisha Nomero ya Telefone ngendanwa ariyo; 0782137758 bakaguha amakuru ukeneye ku mushinga waba ufite.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5892 Posts

Politiki

4143 Posts

Ubuhinzi

148 Posts

Ubukungu

1021 Posts

Imyidagaduro

84 Posts

Imikino

148 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga