• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
23/06/25
Kamonyi-Kwibuka31: OLYMPIC FCA yatsinze FAPA(Abakanyujijeho mu MAVUBI) itwara irushanwa
23/06/25
Umunyamakuru akwiye kwirinda kugaragara nk’umwanzi mu mpande 2 zihanganye-Me Ibambe
23/06/25
Umukongomani wishwe azira kwanga Ruswa yagizwe Umuhire
23/06/25
Kamonyi-Mugina: Pasitori yahakaniye Mwarimukazi umushinja ko imbwa ye yamuririye umwana

Abanyarwanda 12 banze kwikingiza bagahungira i Burundi birukanywe

Umwanditsi
January 6, 2022

Abanyarwanda 12 barimo abagore n’abana birukanwe n’abategetsi b’u Burundi nyuma yuko banze guhabwa urukingo rwa Covid. Aba banyarwanda, bari bamaze iminsi irenga 5 ku musozi wa Nyakarama mu Ntara ya Kirundo mu majyaruguru y’iki Gihugu.

Aba Banyarwanda, bavuze ko bari bahunze ibikorwa byo gukingirwa ku itegeko mu Rwanda, ariko Leta y’u Rwanda ivuga ko gukingirwa Covid bikorwa ku bushake bw’umuntu.

Guverineri w’intara ya Kirundo, Albert Hatungimana yategetse ko boherezwa mu Rwanda. Ku wa kane w’icyumweru gishize nkuko BBC ibitangaza, abandi Banyarwanda icyenda basubijwe mu gihugu cyabo bikozwe n’abategetsi b’iyo ntara. Na bo bavugaga ko bari bahunze gukingirwa ku itegeko.

Mu nama y’umutekano ku wa kabiri, Guverineri Hatungimana yavuze ko adashobora guha ikaze abantu badakurikiza gahunda ya Leta y’iwabo ijyanye no kwirinda Covid-19.

Imibare ya minisiteri y’ubuzima mu Rwanda igaragaza ko abantu bamaze gukingirwa byuzuye bagera kuri miliyoni 5,5, ni ukuvuga abarenga 40%. Ni mu gihe mu Burundi abamaze gukingirwa byuzuye bagera ku 3,533, bangana na 0.03%, nkuko imibare ikusanywa na Kaminuza ya Johns Hopkins yo muri Amerika ibigaragaza.

intyoza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5820 Posts

Politiki

4071 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

996 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

140 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga