• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
20/10/25
Kamonyi-Rugalika: Gitifu Nkurunziza yagarutse ku gaciro no gukomera k’Umugore, abaha umukoro
20/10/25
Kamonyi-Rugalika/Ruramba: Ihaniro(Igikari cy’Umubyeyi) ryashyize Abagore ku murongo
20/10/25
Ibihumbi 50 byamuhesheje amahirwe yo gutsindira hafi Miliyoni imwe muri FORTEBET
20/10/25
Kamonyi-Rugalika: Umugabo uzwi ku izina rya Lizembe yapfuye Umugore yisanga mu maboko atari aye

Menya kandi usobanukirwe aho izina RDF ryakomotse

Umwanditsi
June 15, 2016

Kwitwa RDF (Rwanda Defence Force) ntabwo ari ibintu byaje ku mpanuka mu ngabo z’u Rwanda.

Ingabo z’u Rwanda zitwa RDF (Rwanda Defence Force) zikomoka ku ngabo zabohoye u Rwanda zitwaga mbere RPA (Rwanda Patriotic Army). Itegeko No 19/2002 ryo ku wa 17/05/2002 ryahinduye izina rya RPA, ingabo zihabwa irindi zina rya RDF.

Kuva 2002, Ingabo z’igihugu zakoze umutwe umwe uyobowe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo. Guhuriza hamwe Imitwe y’ingabo itandukanye ariyo: izirwanira ku butaka, mu kirere ndetse n’inkeragutabara bifasha mu rwego rw’imiyoborere no guhuza ibikorwa.

Inshingano

Inshingano z’Ingabo z’u Rwanda nkuko ziteganijwe n’Itegeko Nshinga ni izikurikira:

  • Kurinda imipaka n’ubusugire by’igihugu;
  • Gufatanya n’izindi nzego z’umutekano kurinda umutekano w’ abaturage n’iyubahirizwa ry’amategeko;
  • Gutabara mu gihe cy’ibiza;
  • Kugira uruhare mu bikorwa by’iterambere ry’igihugu;
  • Kugira uruhare mu bikorwa byo kubungabunga amahoro hirya no hino ku Isi, gutabara ikiremwamuntu ndetse n’inyigisho zigamije kurengera ikiremwamuntu.

Imiterere

RDF igizwe n’Ingabo zirwanira ku butaka, izirwanira mu kirere, imitwe yihariye y’ingabo ndetse n’Inkeragutabara.

RDF ifite icyicaro kimwe gikuru gikoreramo inzego zitandukanye zishamikiye ku Mugaba mukuru w’Ingabo, izindi nzego z’imirimo n’abakozi batandukanye.

Aya makuru tuyakesha Urubuga rw’Ingabo z’u Rwanda RDF

Intyoza.com

 

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5892 Posts

Politiki

4143 Posts

Ubuhinzi

148 Posts

Ubukungu

1021 Posts

Imyidagaduro

84 Posts

Imikino

148 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga