• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
04/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi ikomeje guhiga bukware Abahebyi mu bucukuzi bw’Amabuye y’agaciro
04/07/25
Kamonyi-Ubudaheranwa: Ubuyobozi bwa SACCO 12 bwaremeye Abarokotse Jenoside batishoboye
04/07/25
Kamonyi-Ngamba: Iminsi y’umujura yabagereyeho bafatwa bataragurisha Ingurube bishe bakayibaga
04/07/25
Kamonyi: Ba Rushingwangerero bagabiye Inka uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi

Menya kandi usobanukirwe aho izina RDF ryakomotse

Umwanditsi
June 15, 2016

Kwitwa RDF (Rwanda Defence Force) ntabwo ari ibintu byaje ku mpanuka mu ngabo z’u Rwanda.

Ingabo z’u Rwanda zitwa RDF (Rwanda Defence Force) zikomoka ku ngabo zabohoye u Rwanda zitwaga mbere RPA (Rwanda Patriotic Army). Itegeko No 19/2002 ryo ku wa 17/05/2002 ryahinduye izina rya RPA, ingabo zihabwa irindi zina rya RDF.

Kuva 2002, Ingabo z’igihugu zakoze umutwe umwe uyobowe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo. Guhuriza hamwe Imitwe y’ingabo itandukanye ariyo: izirwanira ku butaka, mu kirere ndetse n’inkeragutabara bifasha mu rwego rw’imiyoborere no guhuza ibikorwa.

Inshingano

Inshingano z’Ingabo z’u Rwanda nkuko ziteganijwe n’Itegeko Nshinga ni izikurikira:

  • Kurinda imipaka n’ubusugire by’igihugu;
  • Gufatanya n’izindi nzego z’umutekano kurinda umutekano w’ abaturage n’iyubahirizwa ry’amategeko;
  • Gutabara mu gihe cy’ibiza;
  • Kugira uruhare mu bikorwa by’iterambere ry’igihugu;
  • Kugira uruhare mu bikorwa byo kubungabunga amahoro hirya no hino ku Isi, gutabara ikiremwamuntu ndetse n’inyigisho zigamije kurengera ikiremwamuntu.

Imiterere

RDF igizwe n’Ingabo zirwanira ku butaka, izirwanira mu kirere, imitwe yihariye y’ingabo ndetse n’Inkeragutabara.

RDF ifite icyicaro kimwe gikuru gikoreramo inzego zitandukanye zishamikiye ku Mugaba mukuru w’Ingabo, izindi nzego z’imirimo n’abakozi batandukanye.

Aya makuru tuyakesha Urubuga rw’Ingabo z’u Rwanda RDF

Intyoza.com

 

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5827 Posts

Politiki

4078 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

999 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga