• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
31/05/25
Kamonyi-Kwibuka 31: Umuntu arema undi amuhaye urugero-Dr Jaribu Théogène
31/05/25
Kamonyi: Perezida wa Njyanama y’Akarere yasabye Abajyanama kwibuka ko bafitanye Igihango n’Abaturage
31/05/25
Kamonyi-Rukoma: Imirambo y’abantu 2 yabonywe mu kirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro
31/05/25
Kamonyi-Rukoma: Umurambo w’umugabo wasanzwe umanitse mu kiraro cy’ingurube
31/05/25
Kamonyi-Kwibuka 31: Umuntu arema undi amuhaye urugero-Dr Jaribu Théogène
31/05/25
Kamonyi: Perezida wa Njyanama y’Akarere yasabye Abajyanama kwibuka ko bafitanye Igihango n’Abaturage
31/05/25
Kamonyi-Rukoma: Imirambo y’abantu 2 yabonywe mu kirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro
31/05/25
Kamonyi-Rukoma: Umurambo w’umugabo wasanzwe umanitse mu kiraro cy’ingurube

Umunyarwanda Micomyiza ukekwaho ibyaha bya Jenoside yoherejwe kuburanira mu Rwanda

Umwanditsi
April 27, 2022

Ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe nibwo ku i saa 6h30 z’igitondo cyo kuri uyu wa 27 Mata 2022 hagejejwe Umunyarwanda Micomyiza Jean Paul uzwi cyane nka “Mico”. Yaje yoherejwe n’Igihugu cya Suwede kugira ngo akurikiranwe n’Ubutabera bw’u Rwanda ku byaha bya Jenoside akekwaho.

Nkuko byatangajwe na RBA, uyu Micomyiza Jean Paul ni Umunyarwanda wavukiye i Cyarwa ho mu Karere ka Huye. Ubwo Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda yabaga mu 1994, yari atuye mu Murenge Tumba, aho yari umunyeshuri muri Kaminuza nkuru y’u Rwanda yiga mu mwaka wa Kabiri.

Mu gihe yigaga muri Kaminuza, yari muri “ comité de crise” cyangwa se itsinda ryari rishinzwe gushakisha no kumenyekanisha Abatutsi bagombaga kwicwa, ari naho iby’uruhare akekwaho mu byaha bifitanye isano na Jenoside yabikoreye.

Urwandiko rw’Ubushinjacyaha bukuru bw’u Rwanda buvuga kuri Micomyiza Jean Paul, bunashima Suwede yamwohereje.

Ubushinjacyaha Bukuru bwa Repubulika y’u Rwanda mu mwaka wa 2020 nibwo bwagaragarije igihugu cya Suwede uruhare rwa Micomyiza ku byaha bya Jenoside bumukurikiranyeho, bunasaba ko yakoherezwa mu Rwanda nk’aho yakoreye ibyaha akekwaho akaburanishwa,

intyoza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5805 Posts

Politiki

4056 Posts

Ubuhinzi

146 Posts

Ubukungu

994 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

138 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga