• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
01/06/25
Kamonyi-Kwibuka 31: Umuntu arema undi amuhaye urugero-Dr Jaribu Théogène
01/06/25
Kamonyi: Perezida wa Njyanama y’Akarere yasabye Abajyanama kwibuka ko bafitanye Igihango n’Abaturage
01/06/25
Kamonyi-Rukoma: Imirambo y’abantu 2 yabonywe mu kirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro
01/06/25
Kamonyi-Rukoma: Umurambo w’umugabo wasanzwe umanitse mu kiraro cy’ingurube
01/06/25
Kamonyi-Kwibuka 31: Umuntu arema undi amuhaye urugero-Dr Jaribu Théogène
01/06/25
Kamonyi: Perezida wa Njyanama y’Akarere yasabye Abajyanama kwibuka ko bafitanye Igihango n’Abaturage
01/06/25
Kamonyi-Rukoma: Imirambo y’abantu 2 yabonywe mu kirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro
01/06/25
Kamonyi-Rukoma: Umurambo w’umugabo wasanzwe umanitse mu kiraro cy’ingurube

Inkongi y’umuriro kuri Hoteli Chez Lando yibasiye zimwe mu nyubako

Umwanditsi
July 2, 2016

Hoteli Chez Lando iherereye i Remera mu mujyi wa Kigali akarere ka Gasabo, ahagana mu masaha ya saa tanu za mugitondo yibasiwe n’inkongi y’umuriro kuri zimwe mu nyubako za Hoteli.

Kuri uyu wa Gatandatu Taliki ya 2 Nyakanga 2016 mu masaha ya saa yine za mugitondo, inkongi y’umuriro utungurange yibasiye zimwe mu nyubako zigize Hoteli Chez Lando.

Iyi nkongi y’umuriro, nta muntu yahitanye ariko amakuru yizewe ni uko yangije ibisenge by’inyubako ikorerwamo inama hamwe n’aho bafatira amafunguro (Restaurant), bimwe mubigize inyubako na bimwe mu bikoresho bitabashije gusohorwa.

Intandaro y’iyi nkongi nkuko bamwe mu bakozi b’iyi Hoteli batashatse kwivuga amazina babitangaje, ngo ni umuriro w’amashanyarazi aho bavuga ko waba watewe n’abakozi barimo basudira bashaka gutunganya aho bashyira ibyuma bishyushya amazi.

Ubwo babonaga ko umuriro watse ugafata inyubako, ngo bihutiye gutabaza banitabara bashaka uko barokora bimwe mubyari mu nyubako kandi ngo babigezeho ku buryo ngo hari byinshi mu byari mu nyubako babashije gukuramo.

Hageragezwaga gushakisha inzira z'ubutabazi n'no kugiza ibishoboka.
Hageragezwaga gushakisha inzira z’ubutabazi no kugiza ibishoboka.

Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kuzimya imiriro, ubwo ryari ritabaye ngo ryabanje kugorwa no kuzimya umuriro bitewe n’imiterere y’aho inyubako zafashwe n’inkongi ziherereye.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5805 Posts

Politiki

4056 Posts

Ubuhinzi

146 Posts

Ubukungu

994 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

138 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga