• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
28/10/25
Kamonyi-Rugalika: Ubufatanye bw’Ababyeyi n’Ubuyobozi bwa GS Ruramba, urugero rw’ibishoboka
28/10/25
Nyamagabe: Kuhira imyaka ntibisaba gusa imashini, n’atemba ku musozi aruhira-Min. Dr Bagabe Mark Cyubahiro
28/10/25
Kamonyi: Nk’Abayobozi, dukore baturebereho kuruta kuvuga ibyo tudakora- Guverineri Alice Kayitesi
28/10/25
Dr Sosthène Munyemana ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yasabiwe gufungwa burundu

Ngamba-#Kwibuka29: Hibutswe Abatutsi bishwe muri Jenoside, abasaga 800 bajugunywe muri Nyabarongo (amafoto yihariye)

Umwanditsi
May 11, 2023

Kuri uyu wa 09 Gicurasi 2023, abatuye umurenge wa Ngamba, Akarere ka Kamonyi, inshuti n’abavandimwe, ubuyobozi mu nzego zitandukanye bibutse ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi. Bashyize indabo muri Nyabarongo mu kagari ka Kabuga, ahanyujijwe Abatutsi basaga 800 bishwe urw’agashinyaguro. Nyuma yo kuva kuri Nyabarongo, gahunda yo kwibuka yakomereje mu kibuga cy’ishuri rya Fr. Ramon Kabuga TSS ahari hateguwe.( amafoto).

Mayor Dr Nahayo Sylvere hagati, ibumoso Padiri wa Kabuga TSS, iburyo Gitifu wa Ngamba. Barimo bava kuri Nyabarongo berekeza mu kigo cya Fr. Ramon Kabuga TSS.

Gahunda yo kwibuka yatangijwe n’isengesho.
Gitifu wa Ngamba aha ikaze abaje kwibuka.
Abayobozi mu nzego zitandukanye.
Umuhanzi.

Umuyobozi wa SEVOTA niwe watanze ikiganiro ku mateka.

Uwari uhagarariye umuyobozi wa Ibuka ku rwego rw’Akarere.
Abanyeshuri bo muri Fr. Ramon Kabuga TSS. Urubyiruko rwagaragarije abaje kwibuka ko bazingatiye amateka y’urugamba rwo kubohora Igihugu no guhagarika Jenoside. Batanze ubutumwa kuri benshi.
Berekanaga uburyo Inkotanyi zarokoye abatutsi bicwaga.
Umwe mu bana b’abanyeshuri ba Kabuga TSS yavuze igisa n’umuvugo ukubiyemo amateka akomeye yageze benshi ku mutima.
Dr. Nahayo Sylvere/Kamonyi, yasabye buri wese kuzirikana amateka no guharanira Ubumwe n’iterambere ry’Igihugu.

Aha bacanaga urumuri rw’icyizere.

intyoza

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5898 Posts

Politiki

4149 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1023 Posts

Imyidagaduro

85 Posts

Imikino

150 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga