• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
11/05/25
Kamonyi-Ngamba: Inkotanyi zakuye u Rwanda mu mwijima zizana Umucyo-Visi Meya Uzziel Niyongira
11/05/25
Kamonyi-Runda: Polisi yataye muri yombi abasore 2 yafatanye ibiyobyabwenge
11/05/25
Kamonyi-Rukoma: Ntabwo tuzihanganira abantu b’Ingarisi batagira icyo bakora baza kwiba abaturage-DPC Furaha
11/05/25
Kamonyi-Musambira/Kwibuka31: Twahisemo kuba umwe, kureba kure ndetse no gufatanya-Visi Meya Uzziel Niyongira

Ubwongereza: Kugira ubwanwa budasanzwe ari umugore byamuhesheje kujya mubaciye uduhigo

Umwanditsi
September 9, 2016

Harnaam kaur, umugore wo mubwongereza yashyizwe mu gitabo cy’abakoze ibikorwa by’indashyikirwa(Guinness World Records) abikesheje kuba umugore wa mbere ku isi ufite ubwanwa bwinshi kandi burebure.

Ku myaka 24 y’amavuko, umunyamideri Harnaam Kaur yagaragaje ko ariwe mugore wa mbere ku Isi ufite ubwanwa burebure kandi bwinshi bimuhesha gushyirwa mu gitabo cy’abaciye uduhiho ku Isi.

Harnaam Kaur, ku myaka ye 11 y’amavuko nibwo yatangiye kumera ubwanwa, ibi ngo byaramubangamiraga kuko no ku ishuri aho yigaga bitamuhaga amaho.

Harnaam Kaur, ntabwo wapfa kumutandukanya n'abagabo kuera ubwanwa.
Harnaam Kaur, ntabwo wapfa kumutandukanya n’abagabo kubera ubwanwa.

Harnaam, uko iminsi yagendaga ngo yagiye akoresha uburyo bwose ngo yikize ubwanwa bwe ndetse n’ubwoya yabonaga bumera ari bwinshi ku mubiri we ariko ngo uko abwogosha ashaka kubwikiza bukarushaho kwiyongera.

Kwiyakira byaramugoye, nyuma yo kwinjira mu idini ryabuzaga abagore kwiyogoshesha, ngo yaratuje ariyakira ndetse atangira kumva atewe ishema no kwibona afite ubu bwanwa n’ubwoya anatagira kujya abwerekana dore ko hari na benshi mu bagabo yarushaga ndetse na nubu arusha ubwanwa.

Harnaam Kaur, guhera muri Werurwe 2016, nibwo yaciye agahigo k’umukobwa (igitsina gore) witabiriye imurikwa ry’imideri mu mujyi wa London mu cyiswe London Fashion Week, ni nawe kandi munyamideri wari uhagaragaye bwa mbere afite ubwanwa.

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5796 Posts

Politiki

4047 Posts

Ubuhinzi

145 Posts

Ubukungu

992 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

138 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga