• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
09/05/25
Kamonyi-Runda: Polisi yataye muri yombi abasore 2 yafatanye ibiyobyabwenge
09/05/25
Kamonyi-Rukoma: Ntabwo tuzihanganira abantu b’Ingarisi batagira icyo bakora baza kwiba abaturage-DPC Furaha
09/05/25
Kamonyi-Musambira/Kwibuka31: Twahisemo kuba umwe, kureba kure ndetse no gufatanya-Visi Meya Uzziel Niyongira
09/05/25
Kamonyi: Abikorera/PSF bibutse bagenzi babo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi banaremera Intwaza

Imyigaragambyo yahanganishije Abapolisi n’abaturage hakomereka abatari bacye

Umwanditsi
July 7, 2017

Mu gihugu cy’Ubudage, kuri uyu wa kane nibwo abaturage ibihumbi n’ibihumbi bigabije imihanda bamagana inama ya G20 igomba kubera I Hambourg mu gihugu cy’Ubudage, uguhangana mu myigaragambyo kwakomerekeyemo abapolisi 70.

Abaturage ibihumbi n’Ibihumbi baturutse mu bice bitandukanye by’Igihugu cy’Ubudage kuri uyu wa kane tariki 6 Nyakanga 2017 bazindukiye mu myigaragambyo yo kwamagana Inama ya G20 igomba kubera muri iki gihugu mu mujyi wa Hambourg, ihangana ry’abaturage na Polisi ryakomereyeyemo abatari bacye.

Inama ya G20 iritabirwa n’Ibihugu by’ibihangange ku Isi, irateranira muri iki gihugu mu gihe cy’iminsi ibiri, ni ukuvuga kuri uyu wa gatanu tariki 7 no kuri uyu wa gatandatu tariki 8 Nyakanga 2017. Iyi nama yitabiriwe kandi na Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika.

Abapolisi bagera kuri 70 nibo bivugwa ko bakomerekeye muri iyi myigaragambyo yabahanganishije umunsi wose n’abaturage, batatu muri aba bapolisi nkuko tubikesha ijwi rya Amerika bajyanywe kwa muganga.

Abaturage bagera ku bihumbi ijana nibo bivugwa ko bitabiriye iyi myigaragambyo mu mujyi wa Hambourg, Polisi yatangaje ko muribo abagera ku bihumbi umunani ngo bizwi ko bateza imidugararo.

Imihanda itandukanye y’uyu mujyi wa Hambourg, yashyizwemo abapolisi bagera ku bihumbi 20 baturutse mu bice bitandukanye by’iki gihugu mu rwego rwo gukaza ingamba zo gucunga umutekano w’iyi nama y’ibihugu by’ibihangange.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5795 Posts

Politiki

4046 Posts

Ubuhinzi

145 Posts

Ubukungu

992 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

138 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga