• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
04/11/25
Ipari yakoze ku bikubo ku mukino wose ndetse n’Ibitego byamuhesheje akayabo ka 1,531,607Frws
04/11/25
Kamonyi-Gacurabwenge: Polisi yataye muri yombi Itsinda ry’Abantu 5 barimo Umugore bakekwaho ubugizi bwa nabi
04/11/25
Kamonyi-GS Ruramba:“ Ishuri ryanjye, Urukwavu rwanjye”, Umushinga wo gukundisha abana Ishuri
04/11/25
Muhanga: Itsinda ry’abakekwaho ibikorwa by’Ubugizi bwa nabi batawe muri yombi

Imodoka yafashwe n’inkongi y’umuriro irashya, irakongoka

Umwanditsi
July 31, 2017

Imodoka ya Jaguar itwara abagenzi berekeza mu mujyi wa Kampala ubwo yavaga mu Rwanda igeze muri Uganda yahuye n’inkongi y’umuriro irashya yose, abagenzi yari itwaye ntawahiriyemo.

Abagenzi basaga 60 bari mu modoka ya Jaguar yavaga mu Rwanda yerekeza Kampala barokotse inkongi y’umuriro wadukiriye imodoka ya Jaguar barimo ubwo bari mu gace ka Kisoro ho muri Uganda, Imodoka yahiye yose irakongoka.

Iyi Modoka ya Jaguar yafashwe n’inkongi y’umuriro igashya yose igakongoka, ifite nomero ya Pulaki UAT 710C, yafatiwe mu gice cya Nyakabande mu birometero bicyeya uvuye mu mujyi wa Kisoro.

Patrick Charles Okoto, Umuyobozi wa Polisi mu karere ka Kisoro ho muri Uganda yatangaje ko iyi mpanuka yabaye ahagana ku isaha ya saa moya n’iminota 10 z’igitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki 31 Nyakanga 2017.

Uyu muyobozi wa Polisi, yatangaje kandi ko igihe iyi modoka yafatwaga n’inkongi y’umuriro igashya yose, nta mugenzi wagize icyo aba kuko ngo bose bayivuyemo nta numwe ukomeretse.

Imodoka uko yabaye.

Nyuma y’iri sanganya, iperereza ngo ryahise ritangira mu rwego rwo gushakisha impamvu nyayo yaba yateye ugushya kw’iyi modoka. Polisi ya Uganda ishinzwe kuzimya umuriro nkuko amakuru dukesha Chimpreports abivuga, yahurujwe ngo itabare ariko ntacyo yaramiye kuko imodoka yahiye igakongoka yose.

 

Intyoza.com

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5904 Posts

Politiki

4155 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1027 Posts

Imyidagaduro

85 Posts

Imikino

152 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga