• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
09/05/25
Kamonyi-Runda: Polisi yataye muri yombi abasore 2 yafatanye ibiyobyabwenge
09/05/25
Kamonyi-Rukoma: Ntabwo tuzihanganira abantu b’Ingarisi batagira icyo bakora baza kwiba abaturage-DPC Furaha
09/05/25
Kamonyi-Musambira/Kwibuka31: Twahisemo kuba umwe, kureba kure ndetse no gufatanya-Visi Meya Uzziel Niyongira
09/05/25
Kamonyi: Abikorera/PSF bibutse bagenzi babo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi banaremera Intwaza

Umunyeshuri yateye inda abanyeshuri b’abangavu 20 biganaga

Umwanditsi
October 19, 2017

Umuhungu w’umunyeshuri w’imyaka 18 y’amavuko ufite inkomoko mu gihugu cya Côte d’Ivoir yakoze igikorwa gifatwa n’abatari bacye nk’ikidasanzwe, yateye inda abanyeshuri b’abangavu 20 mu kigo yigagamo mu gihugu cy’Ubufaransa, yarahunze yigira iwabo.

Laurent Blesse, umusore w’imyaka 18 y’amavuko ufite inkomoko mu gihugu cya Côte d’Ivoir nyuma yo kujya kwiga mu gihugu cy’ubufaransa, yakoze ibyo benshi batabasha gukora n’ubwo byaba imyaka icumi. Yaryamanye n’abangavu 20 bose mu kigo cy’ishuri yigagamo abatera inda, buri mukobwa wese muri aba bamenyekanye amufitiye umwana.

Amakuru y’ukuri ku iterwa ry’inda kw’aba bakobwa b’abanyeshuri b’abangavu yagiye ahagaragara ubwo 18 batewe inda bajyaga ku ivuriro ry’ishuri bigaho bagahishura iby’uwabateye inda batwite.

Laurent Blesse, aho ari iwabo Abidjan yatangarije 24jours.com dukesha iyi nkuru ko mu gihe yakoraga imibonano mpuzabitsina n’aba bakobwa b’abangavu yari yishimye, yatangaje kandi ko yumva bimuteye ishema.

Umwe muri aba bakobwa w’imyaka 16 y’amavuko wari ukiri isugi, yabwiye abaganga b’iri vuriro ko Laurent Blesse yari umuhungu witonda cyane(yaramubaratiye), ko ibihe bagiranye kuriwe byari byiza ko ndetse yiteguye kongera ahubwo ko amusaba kugaruka akita ku mwana ndetse akamurongora.

Umubyeyi w’umwe muri aba bakobwa batewe inda, yatangaje ko yiteguye kujyana Laurent Blesse mu nkiko ku cyaha cy’ihohoterwa rishingiye ku gitsina ndetse ko yizeye ko azazanwa mu gihugu cy’ubufaransa.

 

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5795 Posts

Politiki

4046 Posts

Ubuhinzi

145 Posts

Ubukungu

992 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

138 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga