• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
05/07/25
Kamonyi: Abanyarugalika bizihije umunsi wo Kwibohora bashimangira uruhare rwabo mu bikorwa by’iterambere
05/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi ikomeje guhiga bukware Abahebyi mu bucukuzi bw’Amabuye y’agaciro
05/07/25
Kamonyi-Ubudaheranwa: Ubuyobozi bwa SACCO 12 bwaremeye Abarokotse Jenoside batishoboye
05/07/25
Kamonyi-Ngamba: Iminsi y’umujura yabagereyeho bafatwa bataragurisha Ingurube bishe bakayibaga

Amerika yarekuye imfungwa 2 zari zifungiye i Guantanamo

Umwanditsi
April 5, 2016

Nyuma y’imyaka 14 bafungiye i Guantanamo, leta zunze ubumwe za Amerika zabarekuye nta rubanza mugihe cy’iyo myaka yose.

Abagabo 2 b’abanyalibiya, uwitwa Omar Khalif Mohammed Abu Baker hamwe na Salem Abdu Salam Ghereby, nyuma y’imyaka 14 bafungiye muri gereza ya Guantanamo nta rubanza barekuwe.

Hari kuri uyu wa mbere Taliki ya 5 Mata 2016, ubwo Leta zunze ubumwe za Amerika zarekuraga aba bagabo bakomoka mu gihugu cya Libiya aho bahise boherezwa mu gihugu cya Senegal.

Nk’uko iyi nkuru dukesha ijwi rya Amerika ibivuga, ngo muri iyi gereza ya Guantanamo haba hasigayemo imfungwa 89, mu gihe perezida wa Amerika Barack Hussein Obama arimo ashaka ko Manda ye igomba kurangira umwaka utaha izarangira nta mfungwa zikibarizwa muri iyi gereza.

Iyi gereza yagiye ivugwamo ibijyanye n’iyicarubozo, ubu Ishyirahamwe riharanira uburenganzira bwa muntu (Human Rights Watch) rirashimira ubushake bwa perezida Hussein Obama rivuga ko iki ari ikimenyetso cy’uko iyi gereza igiye gufungwa.

Gereza ya Guantanamo yari ifungiyemo izi mfungwa zahoze zitavuga rumwe n’uwahoze ari Perezida wa Libiya kadafi, iherereye mu gihugu cya Cuba.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5828 Posts

Politiki

4079 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

999 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga