Leta y’u Rwanda yasubijeho akato k’amasaha 24 ku bagenzi bavuye hanze y’Igihugu

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda, iratangaza ko kubera ubwoko bushya bwa Coronavirusi bwabonetse muri Afurika y’Epfo, kandi bukaba bwihinduranya ndetse bukaba ibyabwo bitarasobanuka neza, hashyizweho akato ku bagenzi baje mu Rwanda, ariko kandi abantu basabwe gukaza ingamba zisanzwe z’ubwirinzi ku cyorezo cya Coronavirusi.

Dore itangazo rya Minisiteri y’Ubuzima;

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Umwanditsi

Learn More →