• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
02/07/25
Kamonyi: Ba Rushingwangerero bagabiye Inka uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi
02/07/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Inzu mberabyombi y’asaga Miliyoni 73 ibahesheje ishema n’igikombe
02/07/25
Kamonyi: Ingengo y’Imari y’Akarere yiyongereyeho 1,60%
02/07/25
Eugene Murangwa wakiniye Rayon Sports yavuze uko Siporo yabaye impamvu ikomeye yo kurokoka Jenoside

TERA INTAMBWE YO KUBANZA KWEREKA IMANA IBIBAZO BYAWE MBERE YO KUBYEREKA UMWANA W’ UMUNTU

Umwanditsi
June 28, 2019

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Uyu munsi yaduteguriye inyigisho igira iti” Tera intambwe yo kubanza kwereka Imana ibibazo byawe mbere yo kubyereka umwana w’umuntu”. 

Gutegeka kwa kabiri 4:30-31

“ Ni ugira ibibazo ibyari byo byose, bikaba bikujejo, mu minsi izaza uzahindukirire Imana yawe uyumvire. Kuko Imana yawe ari Imana y’ Inyebambe, ntizakureka, ntizakurimbura pe, ntizibagirwa isezerano yasezeranishije indahiro no kuba sekuruza banyu.”

Abantu dukunda guhura n’ibibazo, intambara, ibigeragezo tuzi igihembo cyo guca bugufi ndetse no kwegera Imana mukuyiha icyubahiro, mu kuyubaha ndetse no kuyitabaza kugira ngo itubere kuri urwo rugamba.

Dutsinda ubwibone tukanga kugwa mu mutego w’ abahanuzi b’ ibinyoma ndetse no kuba twajya mu bapfumu. Tugafata icyemezo cyo kugarukira Imana yacu y’ ukuri, Imana y’ Imbaraga ndetse n’ Imbabazi.

Mu guha Imana icyubahiro bitangirira mu gushaka ko Ibisubizo by’ Ibibazo byacu bituruka kuri yo aho ku bishakira ahandi cyangwa mu kwirwanirira ubwacu. Kandi bikanatangirira mu kuyizera ko nubwo bimeze gutyo Imana yacu Idukunda.

Ejo hazaza hacu haterwa no kuyiha Icyubahiro, kuyiringira ndetse no kumenya ko Idukunda. Gushakisha ubutabazi ku Imana ni ikimenyetso cyo guca bugufi.

Imana itugirire neza!

Turabakunda!

Ijambo rigufi rivuye kuri 

Nibintije Evangelical Ministries 

Email: estachenib@yahoo.com

+4128718098( WhatsApp).

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5824 Posts

Politiki

4075 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

998 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga