Abapolisi b’u Rwanda bari mu murwa mukuru wa Centrafrique, basuwe n’umuyobozi mukuru wungirije wa Polisi ushinzwe abakozi n’imiyoborere, DIGP Marizamunda. Umuyobozi wungirije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe abakozi n’imiyoborere, DIGP Juvenal Marizamunda, ku wa...
Read More
Umwiherero: Perezida Kagame yasabye abayobozi bafite akaboko karekare kwihana
Perezida w’u Rwanda Paul kagame yeruriye abayobozi bafite akaboko karekare ko batihannye kubabarirwa kwabo biri kure. Ubwo yasozaga itorero ry’abayobozi riteraniye mu karere ka Gatsibo, Perezida Kagame yanenze bamwe mu bayobozi bariye inka z’abaturage...
Read More
Kamonyi: Intore ziri kurugerero zashoje icyiciro cya mbere cy’urugerero
Abanyeshuri barangije amashuri yisumbuye bari kurugerero mu murenge wa Rugarika muri Kamonyi barishimira kuba mu itorero. Urubyiruko rw’abahungu n’abakobwa barangije amashuri yisumbuye, nyuma yo kuva mu itorero bakajya ku rugerero, barishimira ibyo bamaze kungukira...
Read More
Kirehe: Polisi y’u Rwanda yatanze ubutumwa bwo kurwanya icuruzwa ry’abantu
Abanyeshuri bo mu rwunge rw’amashuri rwa Nyarubuye, basabwe gufata iya mbere mu kugira uruhare mu gukumira icuruzwa ry’abantu. Polisi y’u Rwanda yagiranye ikiganiro n’abanyeshuri bo mu rwunge rw’amashuri rwa Nyarubuye yo mu Karere ka...
Read More
ADEPR: Ese Rev. Pasiteri Sibomana Jean yaba azi umubare w’intama ayobora?
Tariki ya 21 Ugushyingo 2015, nibwo mu gihugu habaye ibirori by’akataraboneka abakirisito b’itorero ry’Abapantekote mu Rwanda (ADEPR) bizihije isabukuru y’imyaka 75 rimaze rikorera mu gihugu, mu ijambo ryavuzwe n’umuvugizi mukuru waryo Rev. Jean Sibomana,...
Read More
Muhanga: Abamotari bahawe ubutumwa bwo gukumira ibyaha
Abamotari bakorera umwuga wabo muri Muhanga, basabwe gukumira no kwirinda icyabagusha mu byaha. Abakora umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto bagera kuri 450 bakorera mu mujyi w’akarere ka Muhanga, biyemeje kuba ijisho ry’umutekano...
Read More
Karongi: Abarobyi basabwe kuba abafatanyabikorwa mu kubungabunga umutekano mu kiyaga cya Kivu
Abarobyi mu kiyaga cya kivu ku gihande cya Karongi, basabwe na Polisi y’u Rwanda kugira uruhare mu kubungabunga umutekano aho bakorera umwuga wabo. Abarobyi bagera kuri 80 bakorera umwuga wabo mu gice cy’amazi...
Read More
Kicukiro: Abantu 150 b’ibyiciro bitandukanye, basabwe kugira ingamba zo kwirinda inkongi z’imiriro
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Kicukiro, yahuguye abantu 150 mu rwego rwo kubigisha uko babyitwaramo igihe bahuye n’inkongi. Abayobozi b’amashuri, ab’amadini, ba nyiri utubare, abafite amahoteri, abafite amazu y’amacumbi, n’abafite ay’uburiro (Resitora) bo...
Read More