Umukino wa gicuti wahuje abakanyujijeho mu ikipe y’igihugu y’u Rwanda amavubi n’abakanyujijeho mu ikipe ya Uganda, amateka yongeye kwisubiramo amavubi ya Kera yereka abagande ko kirya gihe bitari impanuka kubatsinda. Kuri uyu wa kane...
Read More
Umwana wa Perezida Paul Kagame mu itorero Indangamirwa i Gabiro
Mu cyiciro cya 9 cy’itorero indangamirwa cyerekeje i Gabiro gutozwa mu Itorero Indangamirwa, umuhungu w’umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda yajyanye n’abandi basaga 430. Kuri uyu wa Kane Taliki ya 30 Kamena 2016, urubyiruko rw’abana b’abanyarwanda...
Read More
Impanuka yahitanye ubuzima bw’abantu abandi bayikomerekeramo
Imodoka itwara abagenzi (Toyota Hiace) yakoze impanuka abantu bane bahasiga ubuzima abandi icyenda barakomereka. Ahagana mu masaha ya saa moya n’igice z’iki gitondo kuri uyu wa kane Taliki 30 Kamena 2016, imodoka yo mu bwoko...
Read More
Ingabo z’u Rwanda zirakataje mu kwegereza abaturage ibikorwa remezo
RDF umutwe w’inkeragutabara bamuritse ibikorwa bubakiye abaturage mu karere ka Nyarugenge. Taliki 27 Kamena 2016, mu Karere ka Nyarugenge habereye umuhango wo gutaha k’umugaragaro ibikorwa bitandukanye Ingabo z’u Rwanda umutwe w’Inkeragutabara bubakiye abaturage. Mu...
Read More
Kamonyi: Abanyeshuri banze kurya barigaragambya bajugunya imyenda ya Animateri mu musarane
Mu kigo cy’ishuri ryisumbuye ry’imyuga cya Runda ( RTSS), abanyeshuri bigaragambije bangiza ibitari bike ndetse bajugunya imyenda y’umuyobozi mu musarani. Mu kigo cy’ishuri ryisumbuye ry’imyuga cya Runda (Runda Technical Secondary School) giherereye mu murenge...
Read More
Urubyiruko rwatakambiye Perezida Paul Kagame ku mategeko aruzitira
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yasabye ko ibibera inzitizi urubyiruko byakurwa mu nzira rukabasha gukora amakoperative ruhuriramo ndetse n’ibitanoze bikanozwa. Kuri uyu wa mbere Taliki ya 26 Kamena 2016, Perezida wa Repubulika Paul Kagame,...
Read More
Kurwanya ikoreshwa n’icuruzwa ry’ibiyobyabwenge ni inzira igisaba imbaraga
Mu gutangiza gahunda y’ubukangurambaga bwo kurwanya ibiyobyabwenge, hagarutswe ku mbaraga zisabwa buri wese n’urugendo rurerure rukenewe mu kubirwanya. Kuri iki cyumweru Taliki ya 26 Kamena 2016, Minisiteri y’ubuzima n’inzego zitandukanye bikorana yatangije gahunda y’ubukangurambaga...
Read More
Muhanga: Umugabo yiyise umupolisi arya utw’abandi bamuta muri yombi
Kubera gushaka kurya utw’abandi, yiyise umupolisi atekera umutwe umuturage amuvumvuye amuhamagarira polisi iramutambikana. Polisi y’u Rwanda mu karere ka Muhanga ifungiye kuri Sitasiyo ya Nyamabuye umugabo witwa Mutsindashyaka Jean Damascene kubera ubwambuzi bushukana bw’amafaranga...
Read More
Kamonyi: Intumwa za rubanda ziravuga ko abajura bari hafi gukanirwa urubakwiye
Mu muganda usoza ukwezi kwa Kamena, intumwa za rubanda zifatanije n’abanyakamonyi zinabasezeranya ko akabajura kagiye gushyirwaho akadomo n’itegeko. Kuri uyu wa gatandatu Taliki ya 25 Kamena 2016, intumwa za rubanda mu nteko ishinga amategeko...
Read More
Kwicuza kuva mu muryango w’ubumwe bw’uburayi byatangiye
Mu gihe umubare w’amajwi 52% y’abongereza watoye ko ubwongereza buva mu muryango w’ubumwe bw’uburayi, bamwe batangiye kwicuza icyemezo bafashe. Bidateye kabiri abongereza batoye ku majwi 52% ko igihugu cyabo kiva mu muryango w’ubumwe bw’uburayi,...
Read More