Abapolisi bakuru mirongo itatu n’umwe biga ibijyanye n’ubuyobozi n’ibindi bijyanye n’inshingano zabo, bari mu rugendo shuri nyongera bumenyi mu gihugu cya Etiyopiya. Kuri iki cyumweru Taliki ya 12 Kamena 2016, Icyiciro cya kane cy’abapolisi...
Read More
Al – Shabab nayo ubwayo yiyiciye bamwe muriyo
Abagize umutwe w’iterabwoba wa Al – Shabab, batangaje ko bishe babiri muri bo kubwo gukemangwa. Mu gihe umutwe w’iterabwoba wa Al – Shabab usanzwe wigamba ibikorwa runaka wakoze byo kwica cyangwa gushimuta abantu, ubu...
Read More
Abarusiya n’Abongereza barwaniye kuri Sitade ya Marseille
Mu gikombe gihuza amakipe y’ibihugu yo ku mugabane w’Iburayi Euro 2016, abafana b’abarusiya barwanye n’abafana b’Ubwongereza kuri uyu wa Gatandatu. Kuri uyu wa Gatandatu Taliki ya 11 Kamena 2016, mu mukino wahuzaga ikipe y’Uburusiya...
Read More
Abapolisi bari mu butumwa bw’amahoro bashimiwe umuhati n’umurava bibaranga
CP Munyambo, yashimiye abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro kubera imyitwarire myiza. Umuyobozi w’abapolisi bari mu butumwa bw’amahoro mu gihugu cya Sudani y’Amajyepfo (UNMISS), Commissioner of Police (CP) Bruce Munyambo yashimye abapolisi bari muri ubu...
Read More
Ruhango: Polisi y’u Rwanda yatangije icyumweru cy’ibikorwa byayo
Icyumweru cyahariwe ibikorwa bya Polisi (Police Week) cyatangijwe mu gihugu hose aho cyahawe insanganyamatsiko ya “Turengere Umwana”. Kuri uyu wa gatandatu Taliki ya 11 Kamena 2016, Polisi y’u Rwanda mu gihugu cyose yatangije icyumweru...
Read More