Nyuma y’igihe gishize akatiwe imyaka 10 y’igifungo kubera ibyaha yahamijwe, Kizito Mihigo ngo igihano yahawe yakijuririye mu rukiko rw’Ikirenga. Kizito Mihigo, umuhanzi akaba n’umuririmbyi mu ndirimbo zanyuze benshi zirimo izatangaga ubutumwa bw’ amahoro n’isanamitima,...
Read More
Muri Minisiteri y’Ubuzima zahinduye imirishyo
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yakuye ku mirimo y’ubuminisitiri Agnes Binagwaho wari uyiyoboye igihe kitari gito. Nkuko byemejwe n’ibiro bya Minisitiri w’intebe w’u Rwanda, Kuri uyu wa Kabiri Taliki ya 12 Nyakanga...
Read More