Imirenge itatu gusa mu karere ka Kamonyi muri 12 ikagize, niyo yashoboye kujya ku kigero cyo hejuru ya 50% mu gutanga ubwisungane mu kwivuza mu cyumweru dushoje. Mu karere ka Kamonyi, muri iki cyumweru...
Read More
Abagabo bane bafunzwe bakurikiranyweho guha ruswa abashinzwe umutekano
Muri bane bafunzwe, batatu bafatiwe Gicumbi bakaba bakurikiranyweho gushaka guha ruswa abapolisi, undi umwe yafatiwe Kicukiro akurikiranyweho gushaka guha ruswa DASSO. Abagabo bane batawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda mu bihe bitandukanye bakekwaho...
Read More
Muhanga: Yitwikiriye ijoro ajya gucukura amabuye y’agaciro ahasiga ubuzima
Nyuma y’uko umuturage agwiriwe n’ikirombe, Polisi y’u Rwanda iragira inama abacukura amabuye y’agaciro kwitwararika kuko ibirombe bishobora kubagwira. Ubu butumwa bwo kugira inama abacukura amabuye y’agaciro hirya no hino no kwitwararika buje nyuma y’uko...
Read More
Kamonyi: Uwahoze mu buzima bw’ubumarine mu rugamba rwo kwiteza imbere
Mu rugamba rwo kwiteza imbere, ntibimubuza kwibuka imyaka isaga 8 yamaze mu buzima bw’ubumarine nk’igihe cy’impfabusa n’igihe cy’ubwihebe kuko ngo nta cyerekezo, nta n’icyiza uretse kwitwa igicibwa mu bantu. Niyoyita Emmanuel, ni umuturage utuye...
Read More