Igipolisi muri Canada cyataye muri yombi umunyeshuri ukekwaho kwica abantu batandatu ndetse agakomeretsa abandi umunani mu gitero bikekwako ari icy’iterabwoba. Polisi yo mu mujyi wa Quebec mu gihugu cya Canada, yataye muri yombi umunyeshuri...
Read More
Kamonyi: Abaturage baranenga ubuyobozi bwabiciye gahunda y’ubukwe nti bubasezeranye
Abaturage bagize imiryango yagombaga gusezeranywa tariki 26 Mutarama 2017 n’ubuyobozi bukabatenguha ntibuze, ntibanasobanurirwe kare, barashyira amajwi ku kuba ubuyobozi bwarabahemukiye bukabicira ibirori by’ubukwe. Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Karama ho mu karere...
Read More
Perezida Obama wacyuye igihe ari mu barwanya Donald Trump
Ibyemezo bigaragarira rubanda ko bikarishye muri Amerika, byatangiye kwamaganwa n’abatari bake aho imyigaragambyo ikomeje mu bice bitandukanye bya Amerika, Perezida Barack Obama yerekanye ko atari mu ruhande rwa Perezida Trump. Ibihumbi by’abanyamerika byahagurukiye kwishyira...
Read More
Ngoma: Polisi yafashe ibiro 165 by’urumogi inafata bane barunywaga
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Ngoma ku itariki 29 Mutarama 2017 yafashe abagabo bane banywaga urumogi, ndetse ifatana umwe muri bo imifuka itandatu irimo urungana n’ibiro 165. Abafashwe barunywa ni Havugabaramye Jonas, Ibyimanikora...
Read More
Ibyemezo byafashwe na Perezida Donald Trump bishobora gushyira Abanyamerika mu byago
Impungenge ni nyinshi ku byemezo bya Perezida Donald Trump, bamwe batangiye kubibona nk’ibishobora gukururira abanyamerika akaga mu gihe abatari bake mu banyamerika babyamagana ndetse na bamwe mu bayobozi mu bindi bihugu aho n’abacamanza ba...
Read More
Umutoza Jean Baptiste Kayiranga yasezeye ku ikipe ya Pepiniyeri
Kayiranga Jean Baptiste, wari umutoza w’ikipe y’umupira w’amaguru ya Pepiniyeri yo mu kiciro cya mbere mu Rwanda yamaze gutangaza ko atandukanye na Pepiniyeri nyuma yo kuyibonera amanota atatu kuva yatangira kuyitoza ikijya mu kiciro...
Read More
Ababyeyi n’abayobozi b’ibigo by’amashuri barasabwa gukurikirana umutekano w’abana mu modoka zibajyana zikanabavana ku ishuri
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda rirasaba Ababyeyi n’Abayobozi b’Ibigo by’Amashuri gukurikirana ko imodoka zijyana abana ku ishuri zikanabacyura ko ba nyirazo bujuje ibyangombwa bibemerera gukora iyi mirimo. Ubu butumwa...
Read More
Muhanga: Abamotari bifatanije na Polisi mu gikorwa cyo kurengera ibidukikije
Mu gikorwa cy’isuku no kurengera ibidukikije cyahuje abamotari 500 bakorera mu karere ka Muhanga hamwe n’inzego z’umutekano n’urubyiruko rw’abakorerabushake mu kubungabunga umutekano bakondeye ishyamba banatema ibihuru byarimo nyuma banaganira ku mutekano n’akazi kabo. Abatwara...
Read More
Ubuhamya: Yashituwe n’ifaranga akina filime y’urukozasoni atabizi
Kumyaka 61 y’amavuko, umukinnyi wa filime w’umufaransa, Charlotte de Turckheim yatanze ubuhamya bw’ibyamubayeho ubwo yari inkumi y’imyaka 20 akaza gukinishwa Filime y’urukozasoni atabizi. Charlotte de Turckheim, ubu ni umukecuru w’imyaka 61 y’amavuko, abara inkuru...
Read More
SAINT PETER COLLEGE OF SHYOGWE (Ishuri ryitiriwe Mutagatifu Petero ry’Ishyogwe)
Mu gihe buri wese ashishikajwe no gusiganwa ashaka ubwenge n’ubumenyi bimutegurira ejo heza agana, ishuri Saint Peter College of Shyogwe rirararikira buri wese ushaka kuryigamo kwihutira kwiyandikisha. Saint Peter College Of Shyogwe (Ishuri ryitiriwe...
Read More