Barack Obama wahoze ari Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, yatanze ubutumwa bw’Amahoro abinyujije ku rubuga rwa Twitter, yasabye Isi yose kugira Amahoro. Ubutumwa bwatanzwe na Barack Obama wabaye Perezida w’Igihugu cy’Igihangange ku...
Read More
Kamonyi: Umugabo na bagenzibe b’abayobozi mu maboko ya Polisi bazira kurya inka ya Girinka
Mu karere ka Kamonyi haravugwa umugore wajyanye umugabo we kuri Polisi, nyuma y’aho uyu mugabo agurishirije inka uyu muryango wari warahawe muri gahunda ya Girinka. Bamwe mu bayobozi mu nzego zibanze bagize uruhare mu...
Read More
Gushakisha abagihumeka nyuma y’abagera kuri 400 bapfuye bazize imyuzure birakomeje
Mu gihu cya Sierra Leone mu murwa mukuru Freetown, nyuma y’aho imvura idasanzwe igwiriye igateza imyuzure yaguyemo abantu bagera kuri 400, hakomeje ibikorwa byo gushakisha abagihumeka bakozweho n’ibi biza. Kuri uyu wa kabiri tariki...
Read More
Abana 85 bapfiriye mu bitaro bazize kubura umwuka, Amarira ni menshi ku babyeyi
Mu bitaro bya Gorakhpur byo mu gihugu cy’u Buhinde, Amarira ni yose ku babyeyi bamaze gupfusha abana 85 bapfiriye mu bitaro bazira kubura umwuka. Mu Gihugu cy’u Buhinde, abana 25 bapfuye mu mpera z’icyumweru...
Read More