Inyama zifashishwa mu gutunganya Zingaro zabaye intandaro yo gufungwa kw’Igikoni cy’akabari k’ahazwi nko kuri Etage ku Ruyenzi(La Luz de la Luna). Ubwo ikipe y’ubuyobozi bw’Umurenge yasuraga aka kabari n’igikoni, hasanzwe umwanda n’inyama zitujuje ubuziranenge...
Read More
Kudatanga amakuru kuri ruswa bituma Miliyari 35 zinyerezwa ku mwaka
Mu cyegeranyo cy’umuryango Transparency International Rwanda cyashyizwe ahagaragara tariki 22 gashyantare 2018 hagarutswe ku kayabo k’amafaranga y’u Rwanda agera muri Miliyari 35 anyerezwa ku mwaka bitewe no kudatanga amakuru kuri Ruswa. Kudatanga aya makuru...
Read More
Kamonyi: Umubyeyi w’imyaka 55 yishwe, umurambo ukururirwa munsi y’umuhanda
Ahagana mu masaha ya mugitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki 27 Gashyantare 2018 mu murenge wa Kayenzi, Akagari ka Kayanza habonywe umurambo w’umubyeyi witwa Mukangarambe wishwe n’abantu bataramenyekana. Ku i saa kumi n’ebyiri...
Read More