Muri gahunda ya Polisi y’u Rwanda yo kurwanya ukwishora mu biyobyabwenge, tariki 25 Kamena 2018 yakoze imikwabu mu mirenge ya Rubavu na Gisenyi igamije gutafa abishora mu biyobyabwenge, ifata urumogi rungana n’ibiro 10 n’udupfunyika...
Read More
Kamonyi: Indwara itazwi yishe Inka 5 izisaga 10 zirimo gukurikiranwa
Uburwayi bufite ibimenyetso by’umuriro, kuva amaraso mu mazuru, mu kibuno no kutarya bumaze kwica inka 5 izisaga icumi ziracyakurikiranwa n’abaganga. Ibi bibaye mu byumweru gusa bi biri bishize. Ikigo gifite ubworozi mu nshingano zacyo-RAB...
Read More