Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo...
Read More
Umuyobozi wa MINUSCA yasuye abapolisi b’u Rwanda bakorera ubutumwa bw’amahoro i Bangui
Kuri uyu wa 29 Kamena 2019,Umuyobozi mukuru ushinzwe imitwe ikora ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bugamije kugarura amahoro mu gihugu cya Repubulika ya Centre Africa yasuye abapolisi b’u Rwanda bakora ubutumwa bwo kugarura amahoro n’umutekano mu...
Read More
Abayobozi bakuru ba Polisi ya Sudan na Centre Africa bashimiye umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda
Kuri uyu wa 29 Kamena 2019, ku cyicaro gikuru cya Polisi, umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza yakiriye Lt. Gen. Adil Mohamed Ahmed Bashair umuyobozi mukuru wa Polisi ya Sudan na Col....
Read More
Kamonyi: Nyuma y’imyaka 25 barakingingira abaturanyi kubaha amakuru y’abantu 11 biciwe ku gasozi batuyeho
Imiryango ya Gakuba Frederic, Rwabikumba Dismas, Rukumbiri Faustin na Ruzigaminturo Anastase, yarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yari ituye mu Mudugudu wa Gihogwe, Akagari ka Buhoro, Umurenge wa Musambira yibutse ababo 46 bishwe muri...
Read More
Kamonyi irimo iratwereka urugero rw’ibishoboka-Min Shyaka
Kuri uyu wa 29 Kamena 2019 mu gikorwa cy’umuganda usoza uku kwezi, Akarere ka Kamonyi kashimiwe kuza ku isonga mu bikorwa by’Umuganda wa 2018 by’Umwihariko Umurenge wa Runda uhemberwa ko wahize indi yose mu...
Read More