Abagize umuryango wa Robert Mugabe wabaye Perezida wa Zimbabwe imyaka isaga 30 banze gahunda yashyizweho na Leta y’iki gihugu mu kumushyingura. Bavuga ko bababajwe n’uko batagishijwe inama kuri gahunda zo kumushyingura. Umuryango wa Nyakwigendera...
Read More
Abimukira bagiye kuzanwa mu Rwanda ngo kuribo ni nko gucika urupfu
Umwe mu bimukira 500 bagiye kuzanwa mu Gihugu cy’u Rwanda yemeza ko kuvanwa mu gihugu cya Libiya, aho bafungiwe mu bigo ari nko gucika urupfu nubwo bibaza ku hazaza habo nyuma yo kugezwa mu...
Read More
Nyamagabe: Abayobozi 12 barimo ba Gitifu b’imirenge n’abakozi mu karere basezeye akazi
Nyuma y’amagenzura yakozwe hirya no hino mu Karere ka Nyamagabe, nyuma yo gusanga hari abayobozi badashyira imbaraga mu gukemura ibibazo by’abaturage, bamwe muri abo barimo ba Gitifu b’Imirenge, Utugari, umujyanama wa Komite nyobozi mu...
Read More