Inzoga n’ibiyobyabwenge byamenwe, bigizwe na litiro 1,110 za Kanyanga, African Gin amapaki 2,965, Kambuca amapaki 1200, Soft Gin amapaki 60, Zebra Waragi amakarito 5, inzoga z’inkorano zizwi ku izina ry’Umugorigori litiro 112 ndetse n’Urumogi ibiro 29. Ibi byose bikaba...
Read More
Rusizi: Bumva abagizwe abere n’Inkiko z’amahanga bajya bahanishwa ibihano bahawe muri Gacaca
Abaturage bo mu Murenge wa Nyakarenzo ho mu Karere ka Rusizi bibaza niba byashoboka ko abagizwe abere n’urukiko rwa Arusha ndetse n’izindi nkiko zo mu mahanga bashobora guhanwa hisunzwe amategeko y’u Rwanda cyangwa se...
Read More
Rubavu: Umuturage yafatanwe udupfunyika 2,000 tw’urumogi
Polisi y’u Rwanda yongeye gukangurira abanyarwanda kwirinda ibikorwa byose bijyanye n’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge. Ni nyuma y’aho kuri uyu wa kabiri tariki ya 25 Nzeri 2019 Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rubavu mu murenge...
Read More