Mu gihe Papa Francis aherutse kwemerera abagabo bashatse abagore ko bashobora kuba abapadiri, uwo yasimbuye ariwe papa Benedict wa XVI aravuga ko bidakwiye ko horoshywa amategeko abuza abihaye imana gushyingirwa kugera ubwo umugabo ufite...
Read More
Polisi yerekanye ukekwaho gushinga Sosiyeti ya baringa itanga akazi, agamije kwambura rubanda utwabo
Uwitwa Ntivuguruzwa Emmanuel w’imyaka 28 niwe wari warashinze isosiyete yitwa Isango Group Limited, ariyemerera ko yayishinze afatanyije n’abandi bantu nabo barimo gushakishwa n’inzego z’umutekano. Ntivuguruzwa aravuga ko bayishinze mu buryo bunyuranyije n’amategeko ndetse bakajya...
Read More