Gasabo: Igisasu cyo mubwoko bwa Gerenade cyaturikanye umuntu arapfa, gikomeretsa abandi11

Ku i saa kumi nimwe n’iminota 30 z’uyu mugoroba wa Tariki 07 Gicurasi 2020, mu Murenge wa Ndera, Akarere ka Gasabo mu nzu ikoreramo ba Kimyozi ( Salon de Coiffure), haturikiye igisasu cya Gerenade gihitana umuntu umwe, hakomereka abandi 11 barimo babiri bakomeretse bikomeye, icyenda bakomeretse byoroheje.

Itangazo Polisi y’u Rwanda yashyize ku rubuga rwayo rwa Twitter rigenewe abanyamakuru, yavuze ko iperereza ry’ibanze ryerekanye ko iki gikorwa kitari icy’iterabwoba. Ivuga ko iperereza ryimbitse rikome.

Iryo tangazo rigira riti;

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Umwanditsi

Learn More →