Umugore n’umugabo bo mu gihugu cy’u Bushinwa bashimutiwe umwana kuri hoteli mu mwaka wa 1988, kuri uyu wa mbere tariki 18 Gicurasi 2020 bongeye kumubona hashize imyaka 32 ibyo bibaye. Mao Yin yatwawe afite...
Read More
Umubare w’abantu banduye Covid-19 wazamutse, babaye 11 mu bipimo 1,217 byafashwe
Mu itangazo rya Minisiteri y’Ubuzima ryo kuri uyu wa 19 Gicurasi 2020 ku birebana n’imibare mishya y’abanduye Covid-19, rigaragaza ko habonetse abantu 11 bashya. Iyi mibare niyo ibonetse ari myinshi ugereranije n’iyatangajwe mu gihe...
Read More
Nyanza: Abakora irondo bagiye gusangira amakuru babikesha Radio(ibyombo) baguriwe n’abaturage
Abaturage batuye mu midugudu itandukanye y’Umurenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza, bishyize hamwe bagura ibyombo 41 (Radio z’itumanaho) bizajya bibafasha kwicungira umutekano kandi bagasangira amakuru ku gihe kimwe. Abakuru b’imidugudu itandukanye yo mu...
Read More
Kabuga Félicien yagejejwe imbere y’ubushinjacyaha bw’Ubufaransa arinzwe bikomeye(Amafoto)
Umunyarwanda Kabuga Félicien uherutse gufatirwa mu gihugu cy’Ubufaransa i Paris mu mpera z’icyumweru gishize, nyuma y’imyaka 26 yihishahisha ubutabera kubera ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda akekwaho, yagejejwe imbere y’Ubushinjacyaha bw’iki Gihugu kuri...
Read More
CoronaVirus: Amabwiriza yabuzaga indege gutwara abagenzi muri Tanzania yakuweho
Igihugu cya Tanzania cyafunguye ikirere cyacyo ku ndege zitwara abagenzi. Ikigo cy’iki Gihugu gishinzwe iby’indege za gisiviri cyamaze gutangaza ko amabwiriza yabuzaga indege zitwara abagenzi kugwa muri iki Gihugu akuweho. Ingendo z’indege zitwara abantu...
Read More
Kamonyi: Amezi 3 abakozi bakora isuku mu kigo nderabuzima cya Nyamiyaga badahembwa
Abakozi umunani bakora ibijyanye n’isuku mu kigo nderabuzima cya Nyamiyaga, mu Murenge wa Nyamiyaga ho mu karere ka kamonyi bavuga ko baberewemo ideni ry’amafaranga y’amezi atatu bakoreye. Basaba ikigo na Rwiyemezamirimo kwibuka ko atari...
Read More
OMS/WHO mu mayira abiri y’ihurizo ry’iminsi 30 yahawe na Perezida Trump
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima-OMS/WHO, kuri uyu wa 18 Gicurasi 2020 ryasabwe na perezida Donald Trump wa Leta zunze Ubumwe za America kwisubiraho rigakora impinduka ziboneka cyangwa se America igahagarika burundu inkunga y’amamiliyoni...
Read More