Ku mugoroba w’uyu wa 27 Mata 2021, ku i saa kumi n’imwe n’iminota 32, mu Mudugudu wa Kamabuye, Akagari ka CUBI, Umurenge wa Kayenzi, umwe mu bakozi ba Koperative COEMIKA y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro yagwiriwe...
Read More
Kamonyi: Ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri COEMIKA burangiza ibidukikije budasize ababukora
Ni mu kagari ka Cubi ku musozi wa Cubi, Umurenge wa Kayenzi, ahagora benshi kujya kubera imiterere yaho. Hakorerwa ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro bwangiza ibidukikije, ariko kandi bunashyira mukaga abakozi babukora kuko byinshi ndetse hafi...
Read More
Umuyobozi wa UNHCR yambukanye n’impunzi I Burundi
Filippo Grandi ukuriye ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku mpunzi-UNHCR, kuri uyu wa 27 Mata 2021 yagiye i Burundi aho yambutse umupaka w’u Rwanda n’u Burundi ari kumwe n’impunzi z’Abarundi zitahutse. Bwana Grandi amaze iminsi...
Read More
Kamonyi-Mugina: Impuhwe bagiriye abibye SACCO zibagejeje mu kwisobanura mu manza
Abakozi batatu bakoreraga ikigo cy’imari cya SACCO Mugina mu karere ka Kamonyi, bahagaritswe ndetse birukanwa mu kazi bazizwa kwiba amafaranga abarirwa muri Miliyoni hafi enye. Ubuyobozi bwa SACCO aho kubashyikiriza RIB, bahisemo kubyumvikanaho, bamwe...
Read More
Uruganda rwa AstraZeneca rwarezwe mu nkiko kubwo gutindana inkingo
Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU/UE) watanze ikirego mu rukiko urega uruganda rwa AstraZeneca rukora inkingo za coronavirus. Rurashinjwa Akanama k’Uburayi, ishami ry’ubutegetsi rya EU, kavuze ko kareze AstraZeneca kubera kutubahiriza ibyo iyi kompanyi yiyemeje muri...
Read More