Etiyopiya yambuye uruhushya rwo gukorera mu gihugu umunyamakuru Simon Marks w’ikinyamakuru The New York Times, cyandikirwa muri Leta zunze ubumwe z’Amerika. Ibyo kwambura uyu munyamakuru uruhushya, byemejwe n’ubuyobozi bw’icyo kinyamakuru bufite icyicaro mu mujyi...
Read More
Abazungu n’Imbwa zabo batabawe mbere y’abirabura mu gitero cy’abiyitirira idini ya Islam muri Mozambike
Ishyirahamwe mpuzamahanga riharanira uburenganzira bwa muntu-Amnesty International rivuga ko abatabazi bitwararitse cyane ku bazungu n’imbw zabo mu gihe habaga igitero cy’abitwaza idini rya Islam mu kwezi kwa gatatu muri Mozambike. Ni imbwa ebyiri zatabawe...
Read More
Tanzania mu nzira yo koroshya ibiciro byo guhamagara no kwitaba muri EAC
Biteganyijwe ko kugera mu kwezi kwa karindwi uyu mwaka Tanzania nayo izaba yemeje amasezrano ya One Network Area yo koroshya ikiguzi cyo guhamagara no kwitaba kuri telephone muri Africa y’Iburasirazuba. Iki gikorwa cya Tanzania...
Read More
Amerika: Icyemezo cyo kutambara agapfukamunwa cyafashwe nk’umunsi udasanzwe
Perezida Joe Biden yashimagije ko ari ‘umunsi ukomeye kuri Amerika’ mu gihe abashinzwe ubuzima bavugaga ko abantu bakingiwe bashobora kutambara agapfukamunwa mu nama zo mu nzu cyangwa hanze. Perezida Biden, yakuyemo agapfukamunwa mu biro...
Read More