Mu masaha ya mugitondo cyo kuri uyu wa 20 Gicurasi 2021, umukozi w’urwego rwunganira akarere ka Kamonyi mu gucunga umutekano-DASSO, Usabuwera Jean Baptiste ukorera mu Kagari ka Ngoma, Umurenge wa Nyamiyaga, yafashwe ashyikirizwa RIB...
Read More
Afurika y’Epfo: Abagore mu nzira yo kwemererwa kugira abagabo benshi
Leta ya Afurika y’Epfo irimo kwiga uburyo yahindura amategeko arebana na Mbonezamubano. Ni mu gihe mu ntangiriro z’uku kwezi yasohoye urwandiko rwerekana bimwe mu byo iteganya guhindura birimo no kwemerera abagore gushakwa n’abagabo benshi....
Read More
Icyamamare muri muzika, Rihanna ari mu rukundo n’umuraperi ASAP Rocky
Umuraperi w’Umunyamerika ASAP Rocky yatangaje ko ari mu mubano w’urukundo n’umuririmbyi Rihanna. Mu kiganiro n’ikinyamakuru GQ, uyu muraperi yavuze ko Rihanna ari “urukundo rw’ubuzima bwanjye”. Ibihuha ku kuba aba bahanzi b’ibyamamare baba barimo kureshyanya...
Read More
Abangavu barasabwa kwirinda guca inzira z’ubusamo bagiye gukuzamo inda batewe batazishaka
Umuhuzabikorwa w’umuryango Ihorere Munyarwanda Organization (IMRO), Mwananawe Aimable avuga ko abakobwa n’abangavu badakwiye kunyura inzira z’ubusamo bajya gukuramo inda batewe, ko ahubwo bakwisunga zimwe mu ngingo ziri mu mategeko zibibemerera, aho kubikora mu buryo...
Read More