June 25, 2021

Ruhango: Abaryamana bahuje ibitsina, abakora Uburaya, barasaba kudahezwa muri gahunda zigenerwa abaturage

Abakora umwuga w’uburaya hamwe n’abagabo baryamana n’abo bahuje ibitsina (Abatinganyi) barasaba ko batajya bashyirwa ku ruhande muri gahunda zigenerwa abandi baturage ziba zarateganyirijwe kubavana mu bukene. Gusa na none hari ababashinja ko nabo ubwabo...
Read More