Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden yavuze ko azihorera ku bakoze igitero kuri uyu wa kane hanze y’ikibuga cy’indege i Kabul kigahitana abasirikare 13 ba America hamwe n’abasivile batari bake. Bari...
Read More
Kamonyi: Urubyiruko rwa SEVOTA rwasabwe kuba nk’itara rimurika amanywa n’ijoro muri rugenzi rwarwo
Ni ubutumwa urubyiruko rw’abasore n’inkumi 94 ba SEVOTA bahawe n’umuyobozi w’agateganyo w’Akarere ka Kamonyi, nyuma y’iminsi itatu y’itorero bahurijwemo. Ni urubyiruko rudahuje amateka imiryango yabo yanyuzemo mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi. Bamwe bakomoka...
Read More