• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
30/10/25
Muhanga: Itsinda ry’abakekwaho ibikorwa by’Ubugizi bwa nabi batawe muri yombi
30/10/25
Kamonyi-Musambira/HC: Nyuma y’Amezi asaga 8 basa n’abakorera mu manegeka, mu Buhungiro bagarutse
30/10/25
Umunyamahirwe muri FORTEBET yatahanye asaga Miliyoni ku Ipari ebyiri zisa
30/10/25
Kamonyi-Rugalika: Ubufatanye bw’Ababyeyi n’Ubuyobozi bwa GS Ruramba, urugero rw’ibishoboka

Abasirikare 9 ba Leta ya Somaliya bishwe na Al Shabab

Umwanditsi
April 23, 2017

Leta ya Somaliya yatangaje ko ingabo zayo 9 zishwe n’abasirikare ba Al Shabab ubwo bategwaga igisasu cyabaturikanye bari mu modoka bagenda.

Abayobozi b’igihugu cya Somaliya batangaje ko abasirikare b’igihugu icyenda bishwe naho abandi batanu bagakomereka nyuma y’aho imodoka barimo itegewe n’igisasu kikayiturikana mu muhanda i Galgala.

Umuvugizi w’igipolisi mu ntara ya Puntland, Major Abdirahman Farah Gurhan, yatangaje ko icyo gisasu cyaturitse mugitondo cyo kuri iki cyumweru mu gihe bari mubikorwa byabo bya buri munsi byo gucunga umutekano mu misozi ya Galgala.

Gurhan, nkuko tubikesha ijwi rya Amerika yavuze ko iyo modoka yarimo abasirikare 17 igihe yahura n’iki gisasu cyayiturikanye kandi ko abo cyahintanye barimo abapolisi, n’abasirikare.

Umutwe w’iterabwoba wa al-Shabab niwo wigambye ko ariwo wateze iki gisasu cyaturikanye imodoka kigahitana abasirikare ndetse ndetse hakanakomereka abandi bagizwe n’abasirikare n’abapolisi.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Intyoza.com

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5901 Posts

Politiki

4152 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1025 Posts

Imyidagaduro

85 Posts

Imikino

151 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga