• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
04/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi ikomeje guhiga bukware Abahebyi mu bucukuzi bw’Amabuye y’agaciro
04/07/25
Kamonyi-Ubudaheranwa: Ubuyobozi bwa SACCO 12 bwaremeye Abarokotse Jenoside batishoboye
04/07/25
Kamonyi-Ngamba: Iminsi y’umujura yabagereyeho bafatwa bataragurisha Ingurube bishe bakayibaga
04/07/25
Kamonyi: Ba Rushingwangerero bagabiye Inka uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi

Bugesera: Baribaza icyo ubutabera bubereyeho nyuma y’irekurwa ry’uwafatanwe umwana muri Lodge

Umwanditsi
November 9, 2020

Hari kuwa 18 Ukwakira 2020 mu masaha y’umugoroba ubwo umugabo w’imyaka isaga 40 yafatirwaga mu nzu zicumbikwamo (Lodge) asambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 17 y’amavuko. Ubu, abaturage baribaza kubaho k’ubutabera nyuma yirekurwa ry’uyu mugabo, aho bavuga ko na mbere bari bagaragaje impungenge ko ikimenyane n’amafaranga bishobora kubangamira ubutabera, ko hari abashobora kwivanga.

Ababyeyi b’umwana bavuga ko bumiwe babonye uwafashwe akekwaho gusambanya uyu mwana arekuwe, nyamara ibyangombwa byaba ifishi yakingirijweho( intyoza yabashije kubona kopi yayo), yaba icyangombwa cy’amavuko, byose bigaragaza ko afite imyaka 17 y’amavuko.

Baba ababyeyi, baba abaturage bavuga ko impungenge bari bafite mu ifatwa ry’ukekwa zigaragaje. Bavuga ko badashira amakenga uko dosiye yakozwe n’uko yashyikirijwe ubushinjacyaha. Bibaza kandi icyashingiweho harekurwa uwafatiwe hejuru y’umwana w’umukobwa, bakanibaza uzafasha gutanga ubutabera.

Ubwo abaturage bagaragazaga impungenge bavugaga ko imbaraga z’amafaranga n’ikimenyane zishobora kuzatuma nta butabera buboneka. Icyo gihe kandi, ubuyobozi bw’Umurenge wa Mareba bwemereye umunyamakuru ko uyu mugabo w’imyaka isaga 40 yasanzwe asambanya uyu mwana muri Loji (Lodge), buvuga ko nkuko amategeko abivuga agikwekwa.

Soma inkuru hano y’impungenge zari zagaragajwe n’abaturage ukekwa agifatwa;Bugesera: Impungenge Ni zose ko hari abashobora kwivanga mu kibazo cy’umwana wasambanyijwe

Dore ibyangombwa bishingirwaho mu kugaragaza imyaka y’ubukure y’uyu mwana;

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5827 Posts

Politiki

4078 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

999 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga