• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
04/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi ikomeje guhiga bukware Abahebyi mu bucukuzi bw’Amabuye y’agaciro
04/07/25
Kamonyi-Ubudaheranwa: Ubuyobozi bwa SACCO 12 bwaremeye Abarokotse Jenoside batishoboye
04/07/25
Kamonyi-Ngamba: Iminsi y’umujura yabagereyeho bafatwa bataragurisha Ingurube bishe bakayibaga
04/07/25
Kamonyi: Ba Rushingwangerero bagabiye Inka uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi

Perezida Kagame i Brazzaville ati“ Tuve mu magambo”

Umwanditsi
April 12, 2022

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame, mu ruzinduko rw’iminsi itatu arimo mu gihugu cya Congo Brazzaville, yavuze ko abategetsi ba Africa bagomba kuva mu magambo meza y’imyaka myinshi bakajya mu bikorwa kandi bakabijyamo “nk’ibyihutirwa”.

Ku wa mbere w’iki cyumweru, Perezida Kagame yabwiye inteko ishingamategeko ya Congo Brazzaville amagambo arimo ibyo igihugu cye cy’u Rwanda cyagezeho, ibyo Africa iri kugeraho, n’imbogamizi zikiriho.

Mu ijambo yatangije amagambo macye y’igifaransa, ururimi rukoreshwa muri Congo Brazzaville, yavuze ko abanyafurika bagomba gushyira hamwe kugira ngo bubake “umugabene ukomeye”.

Perezida Kagame, yavuze ko Covid-19 yahaye isomo isi, na Africa, ryo kwitegura ibyorezo by’ahazaza.

Muri iyo ntero nkuko BBC dukesha iyi nkuru ibitangaza, yavuze ko u Rwanda, Senegal, na Ghana, bifashijwe n’abaterankunga, biri mu bikorwa byo gukora inkingo “zazafasha ibyo bihugu n’ahandi muri Africa”.

Yakomoje ku bufatanye bw’ibihugu mu kurwanya imitwe y’iterabwoba mu burasirazuba bwa DR Congo, anavuga ku nyungu zo kwinjira kwayo mu muryango w’ibihugu bya Africa y’iburasirazuba.

Yagize ati:” Ikibura [muri iyo migambi myiza] ni ukujyana twese hamwe tuve mu magambo tujye mu bikorwa, tukabijyamo nk’ibyihutirwa. Ntabwo twakwishimira kuvuga ibyiza imyaka n’imyaka…ariko tutabigeraho“.

intyoza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5827 Posts

Politiki

4078 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

999 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga