Iterambere abatuye umurenge wa mareba bamaze kugeraho , isoko yaryo ni uwabahaye imiyoborere myiza. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa mareba mu karere ka Bugesera ho mu ntara y’uburasirazuba aganira n’intyoza.com , avuga ko umurenge ayoboye...
Read More
28 baregwa amafaranga ya VUP basabiwe ibihano kugera ku myaka 7
Mu rubanza rw’abashinjwa kunyereza amafaranga ya VUP i Ngamba muri kamonyi ruragenda rusatira umusozo. Nyuma y’uko urukiko rwisumbuye rwa Muhanga rumaze gukora iperereza ryarwo aho abashinjwa bakoreye icyaha , taliki ya 26 ugushyingo 2015...
Read More
Barasaba italiki ya vuba yo kugirango bitorere perezida Kagame Paul
Abaturage bo mu murenge wa Nyarubaka ho mu karere ka Kamonyi barasaba bakomeje guhabwa italiki ya vuba ngo bitorere perezida. Ibi byavuzwe kandi bisabwa n’abaturage bo mu murenge wa Nyarubaka ubwo basurwaga n’abayobozi b’akarere...
Read More
Uko abaturage bishimiye uburyo bayobowe byashyizwe ahagaragara
Intara y’amajyepfo yagaragarijwe na RGB uko abaturage bahagaze mu kwishimira imiyoborere na serivisi bahabwa. Mu bushakashatsi ngaruka mwaka bukorwa n’ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere RGB , bwagaragaje ko intara y’amajyepfo ugereranije n’umwaka washize wa 2014 hari...
Read More
Ibiganiro byo mu mwijima si umwihariko w’abatabona
Kwinjira mu biganiro byo mu mwijima bifasha kumva neza uko abatabona babayeho. Ibiganiro byo mu mwijima (Dialogue in the dark ) bikomeje kwereka no guhamiriza abantu babona ko ubumenyi n’ubushobozi bw’abafite ubumuga bwo kutabona...
Read More
Perezida Paul Kagame , imvugo ye ni nayo ngiro
Nyuma y’uko abasezeranije kubaha telefone , bazihawe bashima ko imvugo ye ariyo ngiro. Perezida wa Repuburika y’u Rwanda Paul Kagame , mu isozwa ry’itorero rya barushingwangerero i Gabiro (abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugari ) yabemereye impano...
Read More
Yibye ihene afatirwa mu kunywa ibigage barayimuteruza
Yagiye kunywa ibigage yibagirwa ko anywera ay’ihene yabandi yibye afatwa atayamaze. Siboniyo ignace uvuga ko atuye mu mudugudu wa mbati akagari ka mbati mu murenge wa mugina ho mu karere ka Kamonyi yafashwe yibye...
Read More
Nyuma y’igihe kinini batagira amazi meza ubu ibyishimo ni byose
Utugari dutanu tw’umurenge wa runda mu karere ka Kamonyi tutagiraga amazi meza nyuma y’imyaka itazwi twabonye amazi meza. Kuri uyu wa 10 ugushyingo 2015 utugari dutanu tugize umurenge wa runda mu karere ka Kamonyi...
Read More
Icyumweru cy’ubumwe n’ubwiyunge umwanya wo kwitekerezaho
Icyumweru cy’ubumwe n’ubwiyunge ni umwanya mwiza wo Kwisuzuma no kwitekerezaho. Ibiganiro byahawe abaturage bo mu murenge wa Rukoma ho mu karere ka kamonyi ahatangirijwe iki cyumweru ku rwego rw’akarere kuwa 6 ugushyingo 2015 byagarutse...
Read More
Cooproriz yagabiye inka abanyamuryango bayo bitwaye neza
Bamwe mu banyamuryango ba Koperative y’abahinzi b’umuceri ba Mukunguri mu karere ka Kamonyi bahawe inka z’ishimwe. Abahinzi bibumbiye muri koperative abahuzabikorwa COOPRORIZ ihinga umuceri mu gishanga cya Mukunguri kiri hagati y’akarere ka Kamonyi na...
Read More