Mu karere ka Musanze, umurenge wa Busogo, isuri yamanutse mubirunga itewe n’imvura ikomeye yaguye yasenyeye abaturage yangiza imyaka yica amatungo. Amakuru ava mu karere ka Musanze, arahamya ko mu ijoro ryo kuri uyu wa...
Read More
Nyamasheke: Umuyobozi w’Akagari yafunzwe azira Ruswa
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyamasheke, yataye muri yombi umuyobozi w’akagari akurikiranyweho icyaha cya Ruswa. Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyamasheke, yafunze umuyobozi w’Akagali ubwo yakiraga ruswa ashaka gufunguza umuntu uri...
Read More
Umutekano ni inshingano ya buri wese – ACP Nkwaya
Abaturage 450 bo mu murenge wa Mbuye mu karere ka Ruhango, baganirijwe ku kamaro ko gukumira icyaha no kwirindira umutekano. Taliki ya 27 Gicurasi 2016, Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo, Assistant...
Read More
Abanyamakuru bari bagizwe imbohe barekuwe ari bazima
Mu gihugu cya Kolombiya, Abanyamakuru bari bagizwe imbohe n’abarwanya ubutegetsi bararekuwe basubira mu miryango yabo. Abanyamakuru batatu muri Kolombiya, bari bagizwe imbohe n’abarwanya ubutegetsi bwa Colombiya kuwa gatandatu w’icyumweru gishize babohowe kuri uyu wa...
Read More
Perezida Kagame yitabiriye umukino wa nyuma wa UEFA Champions League
Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame, ni umwe mu bakuru b’ibihugu bari bibereye ku mukino wa nyuma w’igikombe cya UEFA Champions League. Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, akomeje kwerekana ko ari umwe...
Read More
Real Madrid isubiriye Atletico Madrid iyitwara UEFA Champions League ya 11
Umukino wa Nyuma wa UEFA Champions League, ikipe Real Madrid itwaye bitayoroheye Champions League ya 11. Umukino wa nyuma wahuje aya makipe yombi kuri uyu wa gatandatu Taliki ya 29 Gicurasi 2016, Real Madrid...
Read More