Amakosa yakozwe muri gahunda ya girinka, amaze kugaruriza akarere amafaranga asaga miliyoni 10 aho zaguzwemo inka 60 zo guha abaturage zigenewe. Mu gihe hirya no hino hagenda hatangwa inka za Girinka ku batishoboye, ariko...
Read More
Kugirira icyizere inzego z’umutekano bituma bashishikarira iterambere
Mu isuzuma ry’uko abaturage babona imiyoborere ibabereye n’imitangirwe ya serivise mu nzego zibegereye (Citizen Report Card/CRC), rikorwa n’Ikigo gishinzwe Imiyoborere (RGB), abaturage batangaje ko icyizere bafitiye inzego z’umutekano kibatera umurava wo gushishikarira iterambere. Gusa...
Read More
Kamonyi: Gitifu yahakanye gutuka abaturage n’itangazamakuru
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Rugarika, ahakana ibimuvugwaho ko yatutse abaturage n’abanyamakuru abita umwanda. Mu kiganiro n’itangazamakuru cyakoreshejwe n’akarere ka kamonyi kuri uyu wa mbere Taliki ya 4 Nyakanga 2016, umuyobozi w’umurenge wa Rugarika Nsengiyumva...
Read More