Umuryango w’ubumwe w’ibihugu by’uburayi ugaragaza ko gutorwa kwa Donald Trump nka Perezida wa Amerika bishobora kubangamira imibanire ya Amerika n’uyu muryango. Mu ijambo umuyobozi wa Komisiyo y’uburayi Jean Claude Juncker yavuze ku itorwa rya...
Read More
Ibyemezo by’Inama idasanzwe y’abaminisitiri yo kuri uyu wa 11 ugushyingo 2016
None kuwa Gatanu, tariki ya 11 Ugushyingo 2016, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. Inama y’Abaminisitiri yemeje Imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yo kuwa 12 Ukwakira 2016. Inama...
Read More
Hillary Clinton yatowe na benshi ariko ubwinshi bw’abamutoye ntacyo bwamumariye
Hillary Clinton wiyamamarizaga kuba Perezida w’igihugu cy’igihangange cya Amerika, yatowe ku majwi y’abantu benshi ariko byarangiye Donald Trump ariwe utsinze. Mu matora yahuje abakandida Donald Trump ndetse na Hillary Clinton kuko aribo bavugwaga cyane...
Read More