Umugore w’umwongereza w’imyaka 26 y’amavuko yamenye ko arwaye Kanseri y’iberi, amahirwe yo kubimenya hakiri kare ayakesha ibimenyetso by’umwana we w’uruhinja yagaragaje ubwo yangaga konka. Sarah Boyle ku myaka 26 y’amavuko, yabuze amahoro ndetse agera...
Read More
Kamonyi: Abahinzi b’urumogi bakomeje gutabwa muri yombi ku bufatanye bw’abaturage na Polisi
Mu gihe kitagera ku byumweru bibiri mu karere ka Kamonyi hangijwe(hatwikiwe) ibiyobyabwenge bitandukanye byari bifite agaciro gasaga Miliyoni 15 z’amanyarwanda nyuma yo kubyangiza hadaciye amasaha 24 hagafatwa umugore uhinga urumogi, na none nyuma ye...
Read More