Inzu y’umuturage iherereye mu kagari ka Nyabugogo umudugudu w’icyerekezo ifashwe n’inkongi y’umuriro abana babiri bahita bapfa ababyeyi babo barakomereka, Polisi yatabaye izimya inkongi, ababyeyi bajyanwa kwa muganga. Ahagana mu masaha ya saa tanu n’iminota...
Read More
Ruhango: Polisi yunze imiryango 20 yabanaga mu makimbirane
Hashingiwe kuri Raporo zo mubuyobozi bw’inzego zibanze, Polisi ikorera mu karere ka Ruhango umurenge wa Ruhango akagari ka Tambwe yunze imiryango 20 yabanaga mu makimbirane maze yiyemeza gutangira ubuzima bushya. Imiryango igera kuri 20...
Read More
Kamonyi: Imikoranire y’ubuyobozi na Polisi irakemangwa
Mu gikorwa Polisi y’Igihugu irimo cyo gushaka guha abanyarwanda batishoboye amashanyarazi aturuka kuzuba, amazi meza no kubafasha kugira ubwiherero busobanutse, byatangaje benshi ubwo Polisi yisangaga yonyine n’abaturage nta muyobozi ku rwego rw’akarere yemwe habe...
Read More
Kigali: Uwishe Iribagiza Christine aricuza icyatumye adasiga yishe umuzamu we
Bane bakurikiranyweho kugira uruhare mu kwica Umubyeyi Iribagiza Christine mu karere ka Kicukiro beretswe itangazamakuru, uwamwishe akanabyemera avuga ko yicuza kuba yarasize adahorahoje umuzamu ko kandi yumvaga agomba kwica abantu bagera ku 1000. Majyambere...
Read More
Madamu wa Minisitiri w’Intebe wa Etiyopiya yasuye Isange One Stop Centre
Kuwa gatanu tariki ya 28 Mata 2017, Madamu wa Minisitiri w’Intebe wa Etiyopiya Roman Tesfaye, yasuye ikigo Isange one stop centre kiri ku Kacyiru, asobanurirwa anirebera uruhare rwacyo mu gufasha abakorewe ihohoterwa rishingiye ku...
Read More
Kigali: Urupfu rw’abana 2 muri batatu batwitswe rwahagurukiwe, Polisi hari icyo yavuze
Nyuma y’uko kuri uyu wa gatanu tariki 28 Mata 2017 ahagana saa kumi za mugitondo abana batatu basutsweho lisansi bagatwikira muri ruhurura barimo, urupfu rwabo rwavugishije abatari bacye, polisi y’u Rwanda iratangaza ko hari...
Read More
Inkongi y’umuriro yibasiye zimwe mu nyubako zo mu Gakinjiro ka Gisozi, Polisi hari icyo ivuga
Mu masaha ya mugitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 28 Mata 2017 mu buryo butunguranye, inkongi y’umuriro yibasiye zimwe mu nyubako ziherereye hafi y’umuturirwa w’ishyirahamwe ADARWA mu gakinjiro ka Gisozi. Zimwe mu...
Read More
Kirehe: Abana b’incuke bahinduye imitekerereze y’abakuru ku gukumira ibyaha
Ubwo Polisi y’u Rwanda yashingwaga mu mwaka wa 2000, gukorana n’abaturage yabigize imwe mu nkingi igenderaho mu gukumira no kurwanya ibyaha igamije kurushaho kubungabunga umutekano w’abaturage no kubateza imbere. Imikoranire ya Polisi y’u Rwanda...
Read More
Malariya yahagurukiwe, Umubu uyitera urahigirwa hasi hejuru, aho akayo ntikagiye gushoboka!
Nyuma yo gusanga inzitira mibu idahagije mu kurwanya malariya, nyuma kandi yo gusanga gutema ibihuru, gukuraho ibyobo, imyanda, ibizenga n’ibindi birekamo amazi imibu ishobora kwihishamo bidakemura ikibazo ngo kirangire, ingamba zindi zakajijwe ngo malariya...
Read More
Huye: Hafashwe magendu y’inzoga zitandukanye
Inzoga zo mu bwoko butandukanye za magendu zafatiwe mu karere ka Huye ku italiki ya 24 Mata 2017, zikaba zari zinjijwe mu gihugu zivanywe I Burundi mu buryo butemewe n’amategeko. Izo nzoga zirimo Amstel,...
Read More