Mu giterane Mpuza matorero akorera mu karere ka Kamonyi, cyahawe insanganyamatsiko ya “Rwanda Shima Imana” bakanongeraho “Kamonyi Shima Imana”, hishimiwe ibyiza Imana imaze gukorera u Rwanda, abakirisitu basabwa kugandukira Imana n’Igihugu. Abanyamatorero n’Amadini bakorera...
Read More
Nyanza-Ntyazo: Agahinda ku baturage bakubiswe, Gitifu akanategeza abaturage ihene itari iye bakayirya
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Ntyazo ho mu karere ka Nyanza, yihereranye abaturage abakubita nta mpuhwe dore ko harimo n’umubyeyi umaze igihe gito yibarutse umwana, yategeje kandi abaturage ihene itari iye barwanira kuyirya buri wese...
Read More