Umukuru w’Igihugu cya Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump yongeye kwizeza abanyamerika ko umugambi we wo kubaka urukuta ku mupaka na Mexique akiwukomeyeho, ko nubwo byamusaba gusesa ibikorwa bya Guverinoma yabikora ariko urukuta...
Read More
Icyiciro cya 8 cy’Abapolisi b’u Rwanda bagiye mu butumwa bw’Amahoro muri Haiti bahawe impanuro
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 22 Kanama 2017, itsinda ry’abapolisi b’u Rwanda 140 barimo ab’igitsinagore 20 bagize icyiciro cya 8 (FPU VIII) bagiye kujya mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango w’abibumbye muri Haiti, bahawe impanuro...
Read More
Agatereranzamba mu migenderanire ya Amerika n’Uburusiya
Leta ya Washington yabaye ihagaritse by’agateganyo gutanga visa zijya mu Burusiya nyuma y’uko abadiplomates bayo birukanywe mu Burusiya. Ihagarikwa ry’izi Visa, abategetsi ba Amerika batangaza ko zizakurwaho ku bajya i Moscou ariko ku bajya...
Read More