Uwahoze ari igihangange mu mupira w’Amaguru, George Weah kuri uyu wa mbere tariki 22 Mutarama 2018 yarahiriye kuba Perezida w’Igihugu cya Liberiya. Asimbuye Madamu Ellen Johnson Sirleaf. Ibihumbi n’ibihumbi by’abaturage ba Leberiya, kuri uyu...
Read More
Ihere ijisho ubwiza buhebuje bw’abakobwa 6 b’Intara y’uburasirazuba bashaka ikamba rya Miss Rwanda 2018
Kuri iki cyumweru tariki 21 Mutarama 2018 nibwo mu ntara y’uburasirazuba habaye ijonjora ry’abakobwa bazahagararira iyi ntara mu marushanwa ya Nyampinga w’u Rwanda 2018. Mu bakobwa 35 bahatanaga, 29 batashye amara masa hanyuma 6...
Read More
Nyanza: Dubai Family yigishije abacuruzi kuvuga indimi z’ubucuruzi
Dubai Family ni ihuriro ry’Abacuruzi bo mu Karere ka Nyanza mu murenge wa Busasamana. Ryabigishije kuvuga indimi z’ubucuruzi; Icyongereza n’Igiswahili. Ibi byatumye banoza ubunyamwuga no gutanga serivisi zinoze. Abacuruzi 25 bo mu Karere ka...
Read More