Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 03 Nzeri 2018, itsinda ry’abapolisi b’u Rwanda 140 bayobowe na Assistant Commissioner of Police (ACP) Yahaya Kamunuga bagarutse mu Rwanda, nyuma y’umwaka bari bamaze mu butumwa...
Read More
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora-NEC yiteguye kuburana n’Umukandida Depite wigenga yahinduriye amazina
Umukandida Depite wigenga, Nsengiyumva Janvier wagombaga kugaragara ku rutonde rw’abakandida bigenga mu matora rusange y’Abadepite yo kuri uyu wa mbere tariki 3 Nzeli 2018 ntabwo yagaragaye. Uwagaragaye ku rutonde yitwa Nsengimana Janvier. NEC itangaza...
Read More
Abarwayi, abarwaza n’abakozi bishimiye kwegerezwa Site y’itora mu bitaro
Bwambere mu matora yo mu Rwanda, abarwayi, abarwaza ndetse n’abakozi bo kwa muganga bashyiriwe Site y’itora mu bitaro. Ibi ngo byeretse abahatoreye agaciro bahawe ko kutabuzwa uburenganzira bwo gutora no kuba bari kwa muganga....
Read More