Mu birori byo kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore, umuyobozi wa OXFAM ari mu karere ka Muhanga yavuze ko abagore bakwiye gushimirwa imirimo ifatiye runini umuryango bakora nyamara rimwe na rimwe bakagaragara nk’aho batakoze. Alice...
Read More
Sobanukirwa n’ibintu wakora ngo ugaragarize uwo mwashakanye ko umukunda by’ukuri ( igice 2)
Mu gice cya mbere cy’iyi nkuru isobanura ibintu wakora mu kugaragariza uwo mwashakanye ko umukunda nyabyo, twari twagarutse ku mbaraga z’amagambo yo gushima mu kubaka urukundo rw’abashakanye. Muri iki gice cya kabiri turareba izindi...
Read More
Rubavu: Umugore ukekwaho gucuruza no gukwirakwiza urumogi yafashwe
Tariki 6 Werurwe 2019 Police y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rubavu mu murenge wa Rugerero yafashe umugore witwa Nyirasafari Eugenie bakunda kwita Chakila w’imyaka 39 y’amavuko ukekwaho gukwirakwiza no gucuruza urumogi mu baturage...
Read More
Sobanukirwa n’ibintu wakora ngo ugaragarize uwo mwashakanye ko umukunda by’ukuri( igice1)
Umukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise ngo “Nibintije Evangelical Ministries” agiye kujya adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana...
Read More
Nta mubyeyi wabyaye wakagombye kwicwa n’inzara cyangwa inyota- Edouard Mubaraka
Ababyeyi bamaze igihe gito babyariye mu bitaro bya Muhima kuri uyu wa kane tariki 7 Werurwe 2019 basuwe n’itsinda rya MIW News rishinzwe gutegura umunsi wera w’Umucyo. Iri tsinda ryahaye aba babyeyi impano zitandukanye,...
Read More