Mu buzima busanzwe, abantu benshi twemera ko umuntu ugira neza kandi akazirikana abandi, agira igikundiro ku bantu kandi bagahora bamusabira umugisha ku Mana. Nk’uko byumvikana kandi, uwo abantu basabira umugisha ntacyatuma Imana itawumuha. Mu gitabo...
Read More
Kicukiro: Abanyerondo 120 basabwe kurushaho gukora kinyamwuga
Ku wa gatandatu tariki 9 Werurwe 2019, Polisi ikorera mu karere ka Kicukiro mu murenge wa Gahanga ifatanyije n’ubuyobozi bw’umurenge bagiranye amahugurwa n’abakora irondo ry’umwuga muri uwo murenge wa Gahanga babasaba gukorana neza n’abaturage barushaho...
Read More
Mu turere dutatu tw’Iburasirazuba hamenwe litiro zirenga 5000 z’inzoga zitemewe
Polisi y’u Rwanda ikorera mu turere twa Nyagatare, Gatsibo na Bugesera kubufatanye n’inzego z’ibanze n’abaturage bakoze umukwabu wo gufata abakora n’abacuruza inzoga zitemewe ndetse n’ibiyobyabwenge hafatwa litiro 5106 z’inzoga z’inkorano zitemewe zimenerwa mu ruhame. Uyu...
Read More
Ikipe ya Arsenal iraye ku mwanya wa kane nyuma yo kwihererana mukeba wayo Man United ku bitego 2 ku busa
Umukino w’umupira w’amaguru wo mu kiciro cya mbere mu gihugu cy’ubwongereza wahuje ikipe ya Arsenal na mukeba wayo Manchester United kuri iki cyumweru tariki 10 Werurwe 2019 warangiye ikipe ya Arsenal ihigitse Man United ku...
Read More